Kamonyi: Ubuyobozi bw’akarere burafasha inzego zo hasi kuzamura imyumvire no...
Kamonyi Ubuyobozi Mu rwego rwo kuzamura imyumvire no kunoza imikorere y’abayobozi n’abakozi bakorera ku rwego rw’imirenge n’urw’utugari, abayobozi b’akarere barasura imirenge baganira na bo, ngo...
View ArticleGicumbi: Abaturage barashishikarizwa gushyira mu bikorwa ibyo biyemeje...
Umuyobozi w’akarere mu nama n’abaturage Ibi Umuyobozi w’akarere ka Gicumbi Mvuyekure Alexandre yabisabye abaturage bo mu murenge wa shangasha ubwo hakorwaga umuganda n’abaturage bo Mudugudu wa Gasiza,...
View ArticleJenoside yagize ubukana i Huye kubera abayobozi bahakomokaga-Meya Muzuka
Mu gikorwa cyo kwibuka abazize jenoside bashyinguye mu rwibutso rwo ku Gateme ho mu Murenge wa Tumba, kuwa 21/4/2013, Meya Kayiranga Muzuka Eugene, umuyobozi w’Akarere ka Huye, yagaragarije abari...
View ArticleGISAGARA: Kubana mu mahoro niyo nzira nzima iganisha ku kwigira
Hibukwa ku nshuro ya 19 abazize Jenoside bo mu murenge wa kansi mu karere ka Gisagara tariki 22/4/2013, hanashyinguwe imibiri y’abazize Jenoside 29, hanatangirwa ubutumwa ahanini buhamagarira abaturage...
View ArticleRutsiro : Habonetse imibiri umunani y’abantu bishwe muri jenoside
Imibiri itatu yabonetse mu mudugudu wa Kibari mu kagari ka Gitwa mu murenge wa Mushubati kuwa mbere tariki 22/04/2013, ikaba ije isanga indi mibiri itanu na yo yari yabonetse mu kagari ka Cyarusera mu...
View ArticleRwamagana: Serivisi za Noteri zatangiye gutangwa mu mirenge yose
Guhera kuwa gatatu tariki ya 24/04/2013 abaturage babikeneye baratangira guhabwa serivisi zitangwa na Noteri mu mirenge yose igize akarere ka Rwamagana ku giciro cy’amafaranga igihumbi na Magana atanu...
View ArticleMan arrested for bribing policemen
Jean Baptist Nzabonimana The police in Ngoma district in the Eastern Province is holding a man for bribing policemen. Jean Baptist Nzabonimana 26, a resident of Nyagasozi cell, Zaza Sector in Ngoma...
View ArticleRwanda’s first bond attracts US$3.5billlion on debut
Winning Team : President Paul Kagame speaks to PM Pierre Damien Habumuramyi at an event in Kigali (Photo : PPU) When Rwanda’s first dollar bond was announced last year, little did government economic...
View ArticleGovt names career journalist to head public broadcaster
The cabinet meeting of April 24, 2013 has approved veteran journalist Arthur Asiimwe to head the newly formed Rwanda Broadcasting Agency (RBA) which comes to replace Rwanda Bureau of Information and...
View ArticleKamonyi District focuses on promoting good governance
In order to promote good governance among local leaders in Kamonyi district, district authorities are visiting and talking to sector leaders advising them on good governance. The event was started in...
View ArticleHuye: Ntitukibuke mu gihe cyo kwibuka gusa
Igitekerezo cy’uko abantu badakwiye kwibuka abazize jenoside mu gihe cyo kwibuka gusa cyatanzwe na Siboyintore Theodate, umuyobozi wa Ibuka mu Murenge wa Tumba, ubwo abaturage bo muri uyu Murenge bari...
View ArticleGISAGARA: Kwibuka ni ibya buri munyarwanda n’undi wese wifuza kwamagana Jenoside
Kwibuka ni ibyaburi munyarwanda n’undi wese uzi ububi bwa Jenoside, kikaba kandi igihe cyo gukomeza kwiyubaka no kwihesha agaciro. Ubu ni bumwe mu butumwa bwatanzwe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo...
View ArticleIbyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013
Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro, iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul KAGAME kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 24 Mata 2013. 1. Inama y’Abaminisitiri yatangiye...
View ArticleGatsibo: Barasabwa gukorera hamwe nk’ikipe
Umuyobozi w’Intara y’iburasirazuba Madame Uwamariya Odette arasaba abakozi b’inzego zinyuranye bakorera mu karere ka Gatsibo kurushaho gukora cyane no gukorera hamwe nk’ikipe kugira ngo imihigo baba...
View ArticleUrubyiruko rurasabwa kugira uruhare mu iterambere rya Musanze
Urubyiruko rutuye mu karere ka Musanze rurasabwa kugira uruhare rugaragara mu bikorwa by’iterambere ry’akarere, kuko aricyo cyiciro gifite imbaraga, ndetse bakaba ari bo benshi batuye akarere ka...
View ArticleAbayobora mu Ntara ya Mwanza muri Tanzaniya basuye akarere ka Nyanza mu...
Itsinda ry’abayobozi 34 baturutse mu Ntara ya Mwanza mu gihugu cya Tanzaniya basuye akarere ka Nyanza muri gahunda yo gushimangira umubano usanzwe hagati y’abayobozi b’impande zombi. Bakiriwe muri...
View ArticleBurera: Abafatanyabikorwa barasabwa kubahiriza igenamigambi ry’akarere
Umuyobozi w’akarere ka Burera atangaza ko umufatanyabikorwa uzajya ashaka kuzana ibikorwa by’iterambere muri ako karere azajya agendera ku bikubiye mu igenamigambi ry’imyaka itanu akarere kihaye (DDP:...
View ArticleEAC Heads of State Summit to discuss one currency
East African Community Heads of State are slated to meet this Sunday, May 28, 2013 in the Ordinary summit and top on agenda for discussion will be the single EAC currency. The single currency...
View ArticleKamonyi: Abanyamugina barasabwa gutanga amakuru y’aho bamwe mu bazize...
Mu gihe ku nshuro ya 19 jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, mu Rwibutso rwa Mugina hashyinguwe kuri uyu wa gatanu tariki 26/4/2013, imibiri 35 y’abazize jenoside, isanga indi ibihumbi 34 yari isanzwe...
View ArticleBugesera : Barasabwa kurwanya ibiyobyabwenge kuko ababikoresha nta terambere...
Urubyiruko rwari rwinshi rwaje kwihera amaso icyo gikorwa Umuyobozi ushinzwe ibikorwa by’ubuvuzi muri polisi y’igihugu Assistant Commissionner of Police Dr Willison Rubanzana arasaba buri wese...
View Article