Gakenke: Umuyobozi mushya w’Umurenge wa Gakenke ashyize imbere iterambere...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gakenke mushya, Bisengimana Janvier ashize imbere isura y’umujyi n’umutekano Bisengimana Janvier wabaye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Gakenke...
View ArticleUrubyiruko rw’u Rwanda ruritegura gufatanya n’ibihugu byo mu karere mu...
Umwe mubanyeshuri atanga iitekerezo mu kubaka igihugu n’akarere kazira amakibirane Urubyiruko rw’u Rwanda ruri kwitegura guhatana n’ibindi bihugu byo mu karere mu marushanwa yo gutanga ibitekerezo byo...
View ArticleSerivisi nziza itangwa vuba, neza kandi mu mucyo- Rurangwa Jean Paul
Madamu Akimanizanye Adeline, yatunze agatoki ibigo by’ubuzima aho bikemangwa mu gutanga serivisi Umukozi ushinzwe imiyoborere myiza mu Karere ka Gakenke yibukije abantu bakorera ibigo bitandukanye...
View ArticleGatsibo: Abafatanyabikorwa b’Akarere barasabwa kurushaho gukorana...
Abafatanyabikorwa b’Akarere ka Gatsibo n’abanyamakoperative mu mahugurwa Abafatanyabikjorwa b’Akarere ka Gatsibo mu iterambere ryako barashishikarizwa kurushaho gukorana n’abibumbiye mu makoperative mu...
View ArticleU Rwanda rutanga ubunyarwanda, amoko agatanga ibikomere
Ubwo yaganiriraga abanyehuye kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda, Hon. Edouard Bamporiki yababwiye ko u Rwanda rutanga ubunyarwanda naho amoko agatanga ibikomere. Hari ku itariki ya 26/2/2014, muri Ndi...
View ArticleRutsiro : Mu kwezi kwa kabiri ibyaha byaragabanutse
Umuyobozi wa polisi mu karere ka Rutsiro, Superintendent Gerard Habiyambere, yagaragaje ishusho y’umutekano uko uhagaze mu karere ka Rutsiro muri uku kwezi kwa kabiri, muri rusange ibyaha ngo bikaba...
View ArticleRuhango: Biyemeje ubufatanye hagati y’inzego zose kugirango hatangwe serivise...
Abayobozi mu nzego zitandukanye baremeza ko bagiye gufatanya kugirango batanjye service nziza Ubuyobozi bw’akarere ka Ruhango buravuga ko bugiye gushyira imbaraga mu gufatanya n’inzego zose mu rwego...
View ArticleGicumbi – Mu kwezi kwahariwe imiyoberere myiza abaturage bahawe umwanya wo...
Akarere ka Gicumbi kamurikiye abaturage bako ibibakorerwa mu rwego rwo kubegereza ubuyozi no kubafasha kugira uruhare mu bibakorerwa kugirango akarere karusheho gutera imbere ndetse bahabwe n’umwanya...
View ArticleKamonyi: Abayobozi basabwe kugira imyitwarire idasebya urwego bahagarariye
Mu nama mpuzabikorwa y’akarere ka Kamonyi, yahuje abayobozi kuva ku rwego rw’umudugudu kugera ku Karere, Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Alphonse Munyentwari, yabasabye kugira imyitwarire ihesha...
View ArticleGakenke: Barasabwa kongera imbaraga mu mihigo mu mezi abiri ikaba yeshejwe
Abayobozi b’akarere n’ab’imirenge mu nama ku mihigo. Mu nama yahuje ubuyobozi bw’akarere n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge kuri uyu wa kane tariki 27/02/2014, Umuyobozi w’akarere yabasabye...
View ArticleGicumbi: Akarere karasaba abikorera kongera ibikorwa by’iterambere
Nyuma yo kuba hari Hotel imwe rukumbi mu karere ka Gicumbi umuyobozi w’akarere arasaba abashoramari kongera ibikorwa by’iterambere. Mu kiganiro ngarukamwaka kigamije kwerekana ibikorwa byagezweho mu...
View ArticleNyamagabe: Abayobozi barasabwa kudaha icyuho abashaka guhungabanya umutekano...
Umuyobozi w’ingabo mu turere twa Nyamagabe, Nyaruguru, Huye na Gisagara two mu ntara y’amajyepfo, Colonel Callixte Kanimba, arasaba abayobozi ku nzego zinyuranye bo mu karere ka Nyamagabe kudaha icyuho...
View Article“Umuyobozi ni indorerwamo y’abo ayoboye “- Meya w’Akarere ka Nyanza
Umuyobozi w’akarere ka Nyanza Bwana Murenzi Abdallah mu nama ya komite mpuzabikorwa y’aka karere yamuhuje n’abayobozi bose b’inzego z’ibanze kuva ku rwego rw’imidugudu kugeza ku rwego rw’akarere...
View ArticleKagame roots for global Police cooperation against crimes
President Paul Kagame addressing the third Sub-Saharan Africa International Association of Chief of Police (IACP) conference President Paul Kagame has called upon Police forces around the world to...
View ArticleHuye: Usuzugura umukuru w’umudugudu aba asuzuguye ubuyobozi
Mu nama mpuzabikorwa y’abakozi bo mu Karere ka Huye yabaye ku itariki ya 28/2/2014, umwe mu bakuru b’imidugudu yavuze ko hari ubwo bamwe mu bo bayobora babasuzugura bakanabatukira imbere y’abandi. Ibi...
View ArticleAho Rutsiro igeze yesa imihigo ya 2013/2014 harashimishije
Ubuyobozi bw’akarere ka Rutsiro busanga ibimaze kugerwaho mu mezi ashize y’imihigo y’uyu mwaka wa 2013/2014 bitanga icyizere ko uyu mwaka w’imihigo uzarangira akarere gahagaze neza mu kwesa imihigo....
View ArticleGatsibo: Hatangiye isuzuma ry’imihigo 2013 – 2014, hanarebwa aho igeze...
Bamwe mu bakozi b’Akarere ka Gatsibo ubwo bakorerwaga isuzuma Kuri uyu wa 3 Werurwe 2014, itsinda ry’Abakozi b’Akarere ka Gatsibo ryatangiye isuzuma ry’imihigo y’umwaka wa 2013 – 2014, bareba aho...
View ArticleRUSIZI: INAMA JYANAMA IDASAZWE Y’AKARERE KA RUSIZI YEMEJE INGENGO Y’IMARI...
Abajyanama b’akarere ka rusizi bemeza ingengo y’imari Amafaranga y’u Rwanda angana na Miliyoni 800 zisaga nizo zongerewe mu ngengo y’imari ya 2013-2014 ikuwe kuri miliyari 12 na miliyoni zisaga 30...
View ArticleKamonyi : Guhurizwa mu ngando no gukorera hamwe byafashije urubyiruko rwa...
Kuva tariki 16/2/2014, ubwo urubyiruko ruturutse mu bihugu bigize umuryango w’ubukungu bw’ibihugu bituriye ibiyaga bigari(CEPGL), rutangiye ingando y’ibyumweru bitatu, abayitabiriye barahamya ko igihe...
View ArticlePetition urges Obama to declare genocide day
President Obama at a White House briefing An online petition has been launched on the White House website asking US President Barack Obama to proclaim April 7, 2014 a day of remembrance for the victims...
View Article