Quantcast
Channel: News Of Rwanda – Rwanda News
Viewing all 3792 articles
Browse latest View live

Kamembe bahawe icyemezo cy’ishimwe ku bikorwa by’umuganda

$
0
0

Kamembe bahawe icyemezo cy’ishimwe ku bikorwa by’umuganda

Abaturage b’umurenge wa Kamembe mu karere ka Rusizi bahawe icyemezo cy’ishimwe ku gikorwa cy’indashyikirwa bagezeho cyo kubaka u Rwibutso.

Muri uyu muganda wo ku wa 26 Nzeri  2015 ku rwego rw’akarere ka Rusizi wabereye mu kagari ka Ruganda mu mudugudu wa Murindi aho abayobozi batandukanye bafatanyije n’abaturage guhanga umuhanda uhuza abaturage bahaturiye n’indi midugudu ureshya na km 1

Ni igikorwa cyitabiriwe n’abaturage benshi bashimiwe ku bikorwa bari kugenda bageraho binyuze mu imbaraga zabo harimo urwibutso biyubakiye rufite agaciro ka miriyoni 38 arinarwo rwabahesheje igihembo nkigikorwa cy’indashyikirwa cyagezweho mu mwaka 2014-2015.

Senateri Mushinzimana Appolinaire yashimiye yashimiye aba baturage ku gikorwa cyo kubaka u rwibutso bagezeho aho yanavuze ko hari henshi mu gihugu badafite u rwibutso nkurwo  umurenge wa Kamembe wagezeho binyuze mu gikorwa cy’umuganda

Yagize ati”Imibiri y’abazize jenoside yari igiye kwimurirwa ahandi ariko kubera umuganda wanyu mwageze ku gikorwa cyiza Leta ishima arinayo mpamvu minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yabageneye icyemezo cy’ishimwe namwe mukwiye kuba mwishimira”.

Habyarimana Gilbert  wari muri komite ishinzwe gukurikirana I bikorwa by’u rwibutso avuga ko kuba barageze ku gikorwa nkiki cyo guhesha agaciro abazize Jenoside yakorewe abatutsi  bashyinguye mu rwibutso rwa Kamembe ari ibyo kwishimirwa kuko aho imibiri yabo yari iri hari hateye impungenge

Yagize ati”Twishimiye iki gikorwa duherewe icyemezo cy’ishimwe nk’abantu bakurikiranye umunsi kuwundi imirimo yuru rwibutso , twari dufite impungenge nyinshi zaba izo gucunga amafaranga yo ku rwubaka utaretse no kuba imibiri yabazize jenoside yari iri kwangizwa n’amazi y’imvura”.

Abaturage bitabiriye uyu muganda barimo Nzayiramya Felix bavuga ko ibihembo by’ishimwe nkibi bahawe bibatera imbaraga zo gukomeza kwitabira imiganda biyubakira ibikorwa bibahesha agaciro

Mu gusoza uyu muganda Senateri Mushinzimana Appolinaire yasabye abaturage n’abayobozi kongera imbaraga mu bikorwa byo gukora imihanda kuko bigaragara ko bakiyikeneye cyane.

Musabwa Euphrem


Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

$
0
0
Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

Les produits rwandais sont préférés par les occidentaux car ils sont naturels

Rwanda Day est un évènement qui attire des milliers de participants pour découvrir la véritable et nouvelle image du Rwanda. Amsterdam est hôte de cet évènement annuel pour cette année. C’est le moment de faire le marketing pour les entreprises rwandaises pour leurs produits.

Les occidentaux qui connaissent beaucoup le Rwanda par le café et le thé très délicieux sont étonnés de voir d’autres produits fabriqués au Rwanda. Il y a aussi différents services qui ont été exhibés par différentes entreprises et institutions rwandaises.

En ce moment, beaucoup de Rwandais et amis du Rwanda font toujours la queue. Mais d’autres sont déjà là à faire des achats des produits rwandais et à avoir des explications sur différents services.

C’est l’occasion de se rencontrer et de se créer de nouveaux partenaires et amis pour le business. Raison pour laquelle beaucoup de gens sont entrain de partager un verre a l’intérieur de la salle. L’ambiance à l’intérieur est au rendez-vous avant même l’arrivée du Président Paul Kagame.

Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

La convivialité, est des éléments de la culture rwandaise

Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

Le Café ne peut pas manquer dans toutes les expositions des produits du Rwanda

Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

Urwibutso, l’entreprise fabrique des jus, piments, bière locale, etc. qui étonnent les occidentaux

Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

Plus d’informations sur les fonctionnements des institutions financières pour investir

Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

Pour les gens qui aiment la patte de manioc, Kinazi Cassava Plant est là comme solution

Rwanda Day 2015: L’exposition des produits et services attirent les visiteurs

A la découverte de Kigali, ses opportunités surtout dans l’immobilier

Le Président Kagame à Amsterdam pour “ Rwanda Day 2015 ”

$
0
0
Le Président Kagame sur le tarmac de l’Aéroport d’Amsterdam

Le Président Kagame sur le tarmac de l’Aéroport d’Amsterdam

Le Président du Rwanda Paul Kagame est déjà à Amsterdam, la capitale hollandaise pour se joindre aux milliers de Rwandais et amis du Rwanda dans cet événement annuel « Rwanda Day ».

« Le Président Kagame arrive en Hollande pour se joindre à la diaspora rwandaise et amis du Rwanda pour Rwanda Day », a fait savoir Louise Mushikiwabo par le biais de son compte twitter.

Tout le monde attend impatiemment le discours du Président Kagame et les échanges qui vont suivre. Au cours de ces échanges, les participants posent différentes questions et donnent même des suggestions pour le développement du Rwanda.

A la sortie de son avion, le Président Kagame a été chaleureusement accueilli

A la sortie de son avion, le Président Kagame a été chaleureusement accueilli

Mushikiwabo se félicite de l’ambiance qui règne à cet événement qui se tient à Amsterdam. «  L’ambiance ici aux Pays-Bas bat son plein et les gens s’amusent les uns des autres pour célébrer notre pays ».

Tout en remerciant les Rwandais présents au Rwanda Day, elle les a qualifiés de « murasobanutse », pour dire intelligent, beau et chic.

 

Rwandans Applaud Kagame in Amsterdam, Rwanda Day Heightens

$
0
0
President Paul Kagame on arrival in the Netherlands capital Amsterdam this Saturday

President Paul Kagame on arrival in the Netherlands capital Amsterdam this Saturday

The Plane carrying President Paul Kagame landed at Amsterdam international airport Netherlands this Saturday with his entourage to join thousands at 11th Rwanda Day.

He will meet numerous Rwandans later at Rai Amsterdam where he will have a lengthy interaction on various issues of nation building.

Later, he will have a dinner and get to mingle in a social setting.

Earlier, yesterday, another forum was held bringing together a delegation of 300 Rwanda business representatives and 100 Dutch companies. It was aimed at showcasing Rwandan investment opportunities.

Today Morning an exhibition has been taking place showcasing nearly all made-in-Rwanda products and services.

This afternoon from 2PM-3:30PM a panel discussion will be held. It’s an opportunity for participants to reconnect with Rwanda’s history, learn about the Rwanda of today and hear about various ways to be an integral part of shaping Rwanda’s future.

Panellists expected include; Hon. Philbert Nsengimana Hon. Edouard Bamporiki Marie Yolande Ujeneza Anne Dushime Claude Richard Ndabarasa. The panel discussion will be moderated by Sangwa Rwabuhihi.

Meanwhile, later from 3:30PM- 4PM, leaders from across key sectors in Rwanda will join the panel moderated by Brigitte Mukarunyana, for an interactive discussion with participants on Rwanda’s progress and solutions to challenges ahead.

The leaders include; Hon Louise Mushikiwabo, Hon Venantie Tugireyezu, Hon Papias Musafiri Prof Anastase Shyaka,  Antonia Mutoro, Emmanuel Safari, head of Rwandan community in the Netherlands.

President Kagame will present a key note address later in the evening at about 7PM.

President Kagame on arrival in Amsterdam to attend Rwanda Day

President Kagame on arrival in Amsterdam to attend Rwanda Day

Rwanda Day

An Exhibition showcasing various Rwandan products

An Exhibition showcasing various Rwandan products

Sina Gerald the founder of Entreprise Urwibutso showcases some of his famous products including Akabanga

Sina Gerald the founder of Entreprise Urwibutso showcases some of his famous products including Akabanga

 m_Kagame Touches Down In Amsterdam

Rwanda made coffee Café de Maraba

Rwanda made coffee Café de Maraba

Exhibitors handing out brochures to potential clients

Exhibitors handing out brochures to potential clients

 Rwanda Day

Rwanda Day

Rwanda Day

Rwandas beer Primus was also at the exhibition

Rwandas beer Primus was also at the exhibition

Green Energy: a Dutch exhibitor shows solar home energy solutions and equipment

Green Energy: a Dutch exhibitor shows solar home energy solutions and equipment

Rwanda Day

 

Police central to fighting graft- Gambia Attorney General

$
0
0

Police central to fighting graft- Gambia Attorney General

Gambia has commended policies designed to address corruption in Rwanda and assured to apply similar structures to the country.

This was disclosed by Gambian Minister of Justice, Mama Fatima Singhateh, on October 2, 2015 while discussing with Rwanda Inspector General of Police Emmanuel K. Gasana where she hailed the force’s response against corruption.

Singhateh is touring for week- long fact-finding mission on how Rwanda has institutionalized and implemented its anti-corruption policies.

During discussions Singhateh poured out appreciations to the force for its outstanding response to graft.

“We are in the process of establishing an anti-corruption commission in the Gambia and we know that Rwanda has a lot to teach us on how it started its own anti-graft structures,” Singhateh said.

“We are very much impressed with what we have seen in Rwanda. My President has declared a war on corruption; he has come up with a movement called ‘Operation No Compromise’ and also given us a deadline of December to have the anti-corruption commission established,” Minister Singhateh said.

“One of the key starting points in addressing corruption is the Police and I am very happy to learn that Rwanda National Police has institutionalized the anti-corruption mechanisms and play a pivotal in the fight against corruption.”

IGP Gasana said that fighting corruption and other related malpractices have been one of the key strategies and a priority in shaping the policing regime of the force.

“Twenty –one years ago, Rwanda experienced shock; it was dooms day and tragic to humanity. That story of genocide will remain in our hearts but it has not stopped Rwandans from shaping their future. Because of able leadership, we have moved forward to attainment well- being, ”Gasana said.

Rwanda ‘zero stance to corruption’ is a “strict” imposed marked line that “even a police officer who swindles or solicit US1 dollar is no different from one stealing millions. The fate is the same; you are dismissed from the force…no flexibility.

So far 210 Police officers have been implicated in graft-related crimes in the last four years, with 98 of them dismissed from the force and case files of 50 others forwarded to ordinary courts.

Rwanda police also has a unique partnership with other justice institutions including Ombudsman Office and Transparency International-Rwanda, with whom they signed a memorandum of understanding.

 

Rwanda has repositioned itself in the path of development – Kagame

$
0
0
President Paul Kagame

President Paul Kagame

President Paul Kagame has asked Rwandans to choose their own path and destiny and work hard to attain their developmental goals even when their country has gone through the hardest times.

President Kagame made the remarks while addressing over four thousand Rwandans at the RwandaDay 2015 event held in Amsterdam, Netherlands.

The President remarked that the path which Rwandans have taken to develop their country in the last 21 years after the Genocide which claimed over one million lives, cannot be disputed and this trend is what will make Rwandans distinct from others.

“I would like to ask you to choose your own path. We cannot be held hostage in other people’s armpits. If Holland has developed yet it is a small country like Rwanda, which means that development is not driven by size,” Kagame said.

He also noted that despite the fact that the country lost a lot, it has continuously repositioned itself towards development and changing lives of its people.

Giving examples of what Rwanda has achieved, such as reducing child mortality, food security for the first time, gender equality, as evidence to its successful story, Kagame said that there are few countries which have managed to do what Rwanda has done.

“The truth about Rwanda’s progress speaks for itself. The fact is that the truth speaks for its self, and even if you ignore it, it manifests itself” Kagame said sending the crowd into rounds of applause”.

He also noted that this progress has also been caused by the efforts of all Rwandans from all walks of life- who have manifested their abilities in the way they work, with same goals and with the help of some friends of Rwanda.

Subsequently, Kagame said that Rwanda can no longer afford to take the choice of sitting back and wait for someone else or other countries to choose what is best for Rwandans, since this same aspect has been the main cause of Rwanda and Africa’s derailed development.

He also questioned people including some Rwandans who still go around the globe tarnishing the country’s image under the pretext that Rwanda has no democracy and that nothing has been done.

“Some of them say that there is no debate in Rwanda, but some of them have committed crimes in Rwanda, killed people and been real thieves who just want to come abroad and say anything. Debate is not an end in itself, its purpose is to exchange ideas but it must form the basis of action” he said

Kagame also hinted on the failed development on the African continent and said that Africa is where it is because the continent has chosen to be defined and developed by others and the reason for its current state is because it has chosen this path.

“Nations that made progress in last 50 years leaving Africa behind made progress because they chose to define their own path. It is easy to sit around and live off leftovers. It just means giving up your dignity and your freedom of choice” he said.

Kagame also stated that Rwanda has a lot of expectations from its youth and asked them to carry on the legacy of development wherever they are.

“Rwanda must be a nation that stands tall. We are on the path of recreating our nation. Youth must carry this legacy forward” he said.

Kagame concluded his speech by welcoming all Rwandans home and said that unlike those who still protest on the streets in European countries, others are welcome and their sins can be forgiven.

“Our nation is no longer too small to deny anyone a home as it was once the case.” He said.

RwandaDay2015 in the eyes of social media enthusiasts

$
0
0

As Rwanda day was being celebrated in the Netherlands, social media was filled with patriotism and pride as Rwandans mainly those following the event on television and streaming channels poured their hearts out.

Nicole Jabo in London  who was following the event online could not hold off her love for President Paul Kagame as she noted that he is an awesome President, “My president is awesome #Enough said,” she wrote.

The president’s call to invite even those that despise Rwanda’s development seemed to be the catch of most of those on the twitter platform under their acronym, “Rwandans on twitter,” or #Rwot.

An account holder going by the pseudonym @Boo_sty noted president Kagame is her source of inspiration, ” Listening to President Kagame speak gives me life,” she said.

Flora Kayitesi quoted the part where the President stated that, “to think Rwanda’s achievements are achieved because Rwanda is doing something wrong then there is a problem.”

RwandaDay2015 in the eyes of social media enthusiasts

Mazimpaka Jean Pierre’s best speech quote concerned Rwanda’s battling against the odds noting that, “development has nothing to do with the size of the country.”

RwandaDay2015 in the eyes of social media enthusiasts

Thousands of Africans also joined Rwanda’s diaspora and turned it into Africa day.

Aaron Vakuku led the call stating that, “Rwanda day will turn into Africa day as Kagame really loves his people.”

RwandaDay2015 in the eyes of social media enthusiasts

A statement that came after one of the attendees from Burundi asked President Kagame to help her country get out of the political crisis.

RwandaDay2015 in the eyes of social media enthusiasts

Burundian Appeals for Kagame intervention in her country

$
0
0

President Paul Kagame

A Burundian lady, Nkurunziza Anne Marie has requested President Paul Kagame of Rwanda to intervene in her country’s political situation.

During the Rwanda Day event in The Netherlands on Saturday, the Burundian woman pleaded with Rwanda’s head of state hoping that he could do something to combat the toughened political situation in Burundi.

The seemingly angry woman who claimed she was born to a Burundian father and Rwandan mother was almost cried while talking

“I request you Mr. President, do not let Burundi perish just like that” lamented Ms. Nkurunziza

The distressed Nkurunziza Anne Marie reminded President Kagame that Rwanda’s stability is attributed to the principled leadership and wanted President Kagame to extend his support to the neighboring Burundi that has recently experienced a political adversity.

“You are the President of Rwanda and Burundi is suffering security instability, have you forsaken Burundi and left it to die away? Your Excellence, we beseech for your mercy. Please do not abandon Burundi for good; we send you to intervene” Anne Nkurunziza pleaded.

Rwanda Day 2015

Meanwhile, other foreigners particularly South Sudanese and Ivorians were differently voicing up asking president Kagame to extend the abundant peace reigning in Rwanda to neighbors and other African countries in turmoil.

Another foreigner attending Rwanda Day from Ivory Coast asked President Kagame to apply his extensive knowledge in Unity and reconciliation to Ivory Coast, citing that Rwanda has quickly recovered from the Genocide against Tutsi 1994 whereas Ivory Coast has failed to bring back order and calm.

Rwanda Day 2015

The Ivorian acknowledged Rwanda’s leadership efforts in the peace process across the globe and wondered: “You managed to stop Genocide, what advice can you offer to us who have failed to stop regular killings in our country?” He inquired.

President Kagame responded to all questions concerning lack of peace and political stability in the said countries saying; Rwanda has a pleasant diplomatic relations with those countries; such conflicts would therefore be discussed with the countries mentioned for common good or suitable solutions.


Rwanda Day: Cohésion sociale pour le développement du Rwanda et de la région

$
0
0
Le Président Kagame devant des milliers de Rwandais et amis du Rwanda venus au Rwanda Day

Le Président Kagame devant des milliers de Rwandais et amis du Rwanda venus au Rwanda Day

Rwanda Day devient de plus en plus un outil pour la cohésion sociale pour non seulement le développement du Rwanda mais aussi de la région.

Cet événement permet aux Rwandais de la diaspora de s’exprimer ainsi que les étrangers de commenter sur le leadership Rwandais et dénoncer ce qui ne va pas chez eux tout en demandant l’implication du Rwanda dans la stabilité de leurs pays.

Le Président Kagame a dans son allocution a rappelé les Rwandais qu’peuvent aussi se développer comme la Hollande s’ils le veulent. « Ce pays est très développé et utilise la technologie et chaque citoyen à un niveau de vie satisfaisante. Il ne faut pas vivre selon la volonté des autres.

Le Président Kagame a ajouté que le développement ne dépend pas de la taille d’un pays mais de la façon de penser, de voir les choses et la volonté de travailler.

Son accueil triomphal dans la salle témoigne de l’amour des Rwandais envers leur Président

Son accueil triomphal dans la salle témoigne de l’amour des Rwandais envers leur Président

Kagame a même promis de pardonner les fugitifs rwandais s’ils acceptaient de rentrer malgré la gravité de leur cas. « On est venu ici pour vous inviter à rentrer, nous pouvons vous pardonner parce que vous êtes les nôtres ».

Uwambayinkindi Joséphine qui fait partie de la Diaspora salué les réalisations du Rwanda, signe de la démocratie. « Le fait de venir ici pour Rwanda Day démontre que votre leadership donne la voix à la diaspora. C’est un signe fort de la démocratie rwandaise ».

Jean Pierre Karabaraga est revenu sur cette visite tant attendue par les Rwandais et les amis du Rwanda. « Ce qui avait été dit vient d’être accompli, le Président Paul Kagame est chez nous. Ces milliers de gens sont venus ici pour vous témoigner de leur sympathie et amour et veulent bénéficier de vos conseils ».

« Nous accordons une grande importance à votre courage et disponibilité en venant ici, sachez bien que votre pays accorde la valeur a son peuple vivant à l’étranger », s’est félicitée Louise Mushikiwabo, Ministre des affaires étrangères du Rwanda.

Les habitants des pays africains veulent l’aide de Kagame

Comme Kagame essaie toujours de trouver solutions aux problèmes du Rwanda et même de la région, les voisins du Rwanda étaient au rendez-vous pour lui demander son aide.

« Je vous demande Monsieur le Président, ne laissez pas périr le Burundi juste comme ça », a demandé Nkurunziza Anne Marie, une Burundaise qui souhaite que la situation politique de son pays ne sombre au chaos.

« Vous êtes le Président du Rwanda et le Burundi souffre de l’instabilité sécuritaire. Voulez-vous abandonner le Burundi et le laisser mourir ? Votre Excellence, nous implorons ta miséricorde. S’il vous plaît, il ne faut pas abandonner le Burundi pour de bon. Nous voulons votre intervention », a insisté Nkurunziza.

D’autres Africains du Sud-Soudan et de la Côte d’Ivoire ont à leur tour demandé le Président Kagame à étendre cette paix abondante qui règne au Rwanda vers ces pays voisins.

Nyagatare: hari abayobozi babangamiye ifatwa ry’ibiyobyabwenge

$
0
0

Nyagatare: hari abayobozi babangamiye ifatwa ry’ibiyobyabwenge

Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje umuyobozi mukuru wa polisi n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari n’imirenge igize akarere ka Nyagatare ndetse n’abamotari, Hareberwaga hamwe  icyakorwa kugira ngo ibyaha bicike mu karere ka Nyagatare. Ibyaha byagarutsweho cyane nk’akarere gahana imbibe na Uganda ndetse na Tanzaniya, ni ibiyobyabwenge nk’inzoga ya Kanyanga na chief waragi.

Abayobozi bari muri iyi nama beretswe abantu 5 bafatiwe ibintu bitandukanye, 3 bafatanywe inzoga ya Kanyanga bayihetse kuri moto, umwe akaba yarafashwe atanga ruswa kuko yari yahetse abantu barenze umwe kuri moto, undi nawe atuka umupolisi wari umuhagaritse. Bose basabye imbabazi mu ruhame ko batazongera kugaragarwaho amakosa nk’ayo bafatiwemo. IGP Emmanuel Gasana avuga ko we atababarira abantu bakora ibyaha byo kwicisha abantu ibiyobyabwenge cyangwa gusuzugura inzego z’umutekano cyangwa iza Leta. ngo polisi ishinzwe kugenza ibyaha, igashyikiriza dossiers inkiko ntitanga imbabazi. Agira ati “ Igihugu kigendera ku mategeko, abaturage ntibasuzugura ubuyobozi kuko abo baba ari abanzi b’igihugu. Abicisha abandi ibiyobyabwenge bagomba guhanwa.”

IGP Emmanuel Gasana umuyobozi wa polisi y’igihugu yavuze ko ibiyobyabwenge ari  umwanzi w’igihugu. Ngo buri mwaka abantu ibihumbi 12  polisi ibageza mu nkiko bakurikiranyweho icyaha cyo kwinjiza, gucuruza no kunywa ibiyobyabwenge. Buri mwaka ngo abantu 300 bapfa bazira impanuka, abandi ibihumbi 2 bakazikomerekeramo.

Agaruka ku mwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto, IGP Emmanuel Gasana yavuze ko munsi abantu ibihumbi 80 batwarwa n’abamotari. Uyu mwuga ngo ni mwiza kuko utunze abawukora. Gusa ngo abashora moto zabo mu iyinjizwa ry’ibiyobyawenge barawusuzuguza cyane. Ngo moto izongera gufatirwa mu makosa nk’ayo izajya ifungwa amezi 4. N’ubwo abamotari bashinjwe kuba aribo batwara cyangwa rimwe na rimwe bakayobora abinjiza ibiyobyabwenge  mu gihugu, nabo basabye ko icuruzwa n’ikoreshwa ryabyo byabazwa abayobozi b’ibanze.  Ngo bicururizwa mu midugudu bikaba ari naho binywererwa. Ngo abayobozi b’imidugudu n’utugari ahanini baba baziranye n’abarembetsi cyangwa abafutuzi cyangwa se ababicuruza. Ikindi ngo utwara moto wese ntakwiye kwitiranywa n’ukora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu.

Ubwo aheruka kugaragaza y’ibyaha mu karere ka Nyagatare, Superintendent Pierre Tebuka, uyobora polisi muri aka karere hari kuwa 21 Nzeri uyu mwaka, yavuze ko mu mezi 2 ashize gusa hamaze gufatwa abantu 256 bazira ibiyobyabwenge, amafaranga miliyoni 17.703.000 bari babiranguje ba nyirayo barayahomba.

Nyagatare: hari abayobozi babangamiye ifatwa ry’ibiyobyabwenge

tariki ya 01 Ukwakira, 2015, umuyobozi wa polisi y’igihugu mu karere ka Nyagatare yabwiwe ko ubuyobozi butoteza abayifasha kurwanya abarembetsi.

Ibiyobyabwenge byafashwe cyane ni litiro 2461 za Kanyanga n’amakarito 360 ya Chief Waragi byose bifite agaciro ka miliyoni 12 703 000. Hari kandi ibiti bya Kabaruka cyangwa imishikiri bituruka mu Bugesera bifite agaciro ka miliyoni 5 nabyo bigomba gutwikwa. Hamaze gufatwa moto 46 zikoreye ibiyobyabwenge. Abantu 126 babifatiwemo ubu bamaze gukatirwa n’inkiko naho 130 bakaba bagitegereje gukatirwa.

Superintendent Pierre Tebuka, umuyobozi wa polisi sitasiyo ya Nyagatare, avuga ko ibyaha byakozwe byose birimo gukubita no gukomeretsa, gufata ku ngufu uko 120 byose ari ingaruka z’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge.

Ubwo yagaragazaga uko umutekano wifashe mu ntara y’iburasirazuba, CSP Emmanuel Karasi uyobora polisi muri iyi ntara, yavuze ko ahanini ibyaha byagaragaye ibyinshi bishingiye ku businzi. Yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze kurwanya ubusinzi. Ngo usanga mu gitondo cya kare abaturage bari mu kabari, bakakavamo bajya gukora ibyaha. Ikindi kompanyi zitwara abagenzi mu modoka nini, zasabwe kugenzura umushoferi mbere y’uko atwara abantu kuko ngo akenshi byagaragaye ko bakora impanuka kubera umunaniro. Rimwe na rimwe ngo hari n’abo biba bigaragara ko baraye mu tubari, bugacya batwara.

Bamwe mu bafatanya na polisi mu kurwanya icuruzwa ry’ibiyobyabwenge batanga amakuru y’ababicuruza ngo babangamiwe n’ubuyobozi.

Ntawiheba Jean de Dieu atuye mu kagari ka Gakirage, umurenge wa Nyagatare. Avuga ko amaze imyaka 3 afatanya n’inzego za polisi mu gufata abinjiza ibiyobyabwenge mu gihugu bita abarembetsi cyangwa abafutuzi. Hashize igihe gito ngo abarembetsi bamuteye iwe mu rugo na mugenzi we babasenyera amazu. Ngo barafashwe barafungwa ariko mu gihe gito bararekurwa. Ikibazo cy’ingutu ubu ngo gihari ni uko ubuyobozi bw’akagari nabwo ngo bumumereye nabi ngo yishije abaturage inyota. Agira ati “ Turi 2 dutanga amakuru ku bacuruza n’abinjiza ibiyobyabwenge. Abarembetsi baraje badusenyera amazu, ubuyobozi bwose burabizi. Ariko ubu ikibabaje ubuyobozi bw’akagari nabwo butumereye nabi ngo abaturage inyota irabishe kubera twe.”

Abazwa na guverineri w’intara y’ibirasirazuba, madame Odette Uwamariya, Rudatinywa Emmanuel umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Gakirage, yahakanye ko atigeze aziza uyu muturage amakuru yatanze. Gusa yemeye ko yamenye ko abarembetsi bamusenyeye ku manywa y’ihangu ariko we akabimenya impita gihe. Yihanangirijwe ko iki kibazo nibasanga gihari atoteza umuturage azabihanirwa.

Komiseri mukuru wa polisi y’igihugu Emmanuel Gasana yavuze ko iki kibazo agiye kukikurikiranira kuko bidakwiye ko uwatanze amakuru abizizwa. Ngo ibi ntibyemewe mu gihugu kigendera ku mategeko kandi gishaka kurinda abaturage bacyo gusarikwa n’ibiyobyabwenge. “ Ntabwo bishoboka ko uwatanze amakuru yahohoterwa gutyo. Ndabyikurikiranira birakemuka. Igihugu nk’iki ibi ntibyabaho.” IGP Emmanuel Gasana.

Nyagatare: Bamwe mu bayobozi babangamiye ifatwa ry’ibiyobyabwenge

$
0
0

m_18

Kuri uyu wa 01 Ukwakira, 2015 umuyobozi wa polisi y’igihugu mu karere ka Nyagatare yabwiwe ko ubuyobozi butoteza abayifasha kurwanya abarembetsi.

Iyi nama nyunguranabitekerezo yahuje umuyobozi mukuru wa polisi n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari n’imirenge igize akarere ka Nyagatare ndetse n’abamotari. Hareberwaga hamwe  icyakorwa kugira ngo ibyaha bicike mu karere ka Nyagatare. Ibyaha byagarutsweho cyane nk’akarere gahana imbibe na Uganda ndetse na Tanzaniya, ni ibiyobyabwenge nk’inzoga ya Kanyanga na chief waragi.

Abayobozi bari muri iyi nama beretswe abantu 5 bafatiwe ibintu bitandukanye. 3 bafatanywe inzoga ya Kanyanga bayihetse kuri moto, umwe akaba yarafashwe atanga ruswa kuko yari yahetse abantu barenze umwe kuri moto, undi nawe atuka umupolisi wari umuhagaritse. Bose basabye imbabazi mu ruhame ko batazongera kugaragarwaho amakosa nk’ayo bafatiwemo. IGP Emmanuel Gasana avuga ko we atababarira abantu bakora ibyaha byo kwicisha abantu ibiyobyabwenge cyangwa gusuzugura inzego z’umutekano cyangwa iza Leta. ngo polisi ishinzwe kugenza ibyaha, igashyikiriza dossiers inkiko ntitanga imbabazi. Agira ati “ Igihugu kigendera ku mategeko, abaturage ntibasuzugura ubuyobozi kuko abo baba ari abanzi b’igihugu. Abicisha abandi ibiyobyabwenge bagomba guhanwa.”

IGP Emmanuel Gasana umuyobozi wa polisi y’igihugu yavuze ko ibiyobyabwenge ari  umwanzi w’igihugu. Ngo buri mwaka abantu ibihumbi 12  polisi ibageza mu nkiko bakurikiranyweho icyaha cyo kwinjiza, gucuruza no kunywa ibiyobyabwenge. Buri mwaka ngo abantu 300 bapfa bazira impanuka, abandi ibihumbi 2 bakazikomerekeramo.

Agaruka ku mwuga wo gutwara abantu n’ibintu kuri moto, IGP Emmanuel Gasana yavuze ko munsi abantu ibihumbi 80 batwarwa n’abamotari. Uyu mwuga ngo ni mwiza kuko utunze abawukora. Gusa ngo abashora moto zabo mu iyinjizwa ry’ibiyobyawenge barawusuzuguza cyane. Ngo moto izongera gufatirwa mu makosa nk’ayo izajya ifungwa amezi 4. N’ubwo abamotari bashinjwe kuba aribo batwara cyangwa rimwe na rimwe bakayobora abinjiza ibiyobyabwenge  mu gihugu, nabo basabye ko icuruzwa n’ikoreshwa ryabyo byabazwa abayobozi b’ibanze.  Ngo bicururizwa mu midugudu bikaba ari naho binywererwa. Ngo abayobozi b’imidugudu n’utugari ahanini baba baziranye n’abarembetsi cyangwa abafutuzi cyangwa se ababicuruza. Ikindi ngo utwara moto wese ntakwiye kwitiranywa n’ukora umwuga wo gutwara abantu n’ibintu.

Ubwo aheruka kugaragaza y’ibyaha mu karere ka Nyagatare, Superintendent Pierre Tebuka, uyobora polisi muri aka karere hari kuwa 21 Nzeri uyu mwaka, yavuze ko mu mezi 2 ashize gusa hamaze gufatwa abantu 256 bazira ibiyobyabwenge, amafaranga miliyoni 17.703.000 bari babiranguje ba nyirayo barayahomba.

Ibiyobyabwenge byafashwe cyane ni litiro 2461 za Kanyanga n’amakarito 360 ya Chief Waragi byose bifite agaciro ka miliyoni 12 703 000. Hari kandi ibiti bya Kabaruka cyangwa imishikiri bituruka mu Bugesera bifite agaciro ka miliyoni 5 nabyo bigomba gutwikwa. Hamaze gufatwa moto 46 zikoreye ibiyobyabwenge. Izi moto banyirazo bagomba gucibwa amande kugira ngo bazisubirane. Abantu 126 babifatiwemo ubu bamaze gukatirwa n’inkiko naho 130 bakaba bagitegereje gukatirwa.

Superintendent Pierre Tebuka, umuyobozi wa polisi sitasiyo ya Nyagatare, avuga ko ibyaha byakozwe byose birimo gukubita no gukomeretsa, gufata ku ngufu uko 120 byose ari ingaruka z’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge.

Ubwo yagaragazaga uko umutekano wifashe mu ntara y’iburasirazuba, CSP Emmanuel Karasi uyobora polisi muri iyi ntara, yavuze ko ahanini ibyaha byagaragaye ibyinshi bishingiye ku businzi. Yasabye abayobozi b’inzego z’ibanze kurwanya ubusinzi mu baturage. Ngo usanga mu gitondo cya kare abaturage bari mu kabari, bakakavamo bajya gukora ibyaha. Ikindi kompanyi zitwara abagenzi mu modoka nini, zasabwe kugenzura umushoferi mbere y’uko atwara abantu kuko ngo akenshi byagaragaye ko bakora impanuka kubera umunaniro. Rimwe na rimwe ngo hari n’abo biba bigaragara ko baraye mu tubari, bugacya batwara.

Bamwe mu bafatanya na polisi mu kurwanya icuruzwa ry’ibiyobyabwenge batanga amakuru y’ababicuruza ngo babangamiwe n’ubuyobozi.

Ntawiheba Jean de Dieu atuye mu kagari ka Gakirage, umurenge wa Nyagatare. Avuga ko amaze imyaka 3 afatanya n’inzego za polisi mu gufata abinjiza ibiyobyabwenge mu gihugu bita abarembetsi cyangwa abafutuzi. Hashize igihe gito ngo abarembetsi bamuteye iwe mu rugo na mugenzi we babasenyera amazu. Ngo barafashwe barafungwa ariko mu gihe gito bararekurwa. Ikibazo cy’ingutu ubu ngo gihari ni uko ubuyobozi bw’akagari nabwo ngo bumumereye nabi ngo yishije abaturage inyota. Agira ati “ Turi 2 dutanga amakuru ku bacuruza n’abinjiza ibiyobyabwenge. Abarembetsi baraje badusenyera amazu, ubuyobozi bwose burabizi. Ariko ubu ikibabaje ubuyobozi bw’akagari nabwo butumereye nabi ngo abaturage inyota irabishe kubera twe.”

Abazwa na guverineri w’intara y’ibirasirazuba, madame Odette Uwamariya, Rudatinywa Emmanuel umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Gakirage, yahakanye ko atigeze aziza uyu muturage amakuru yatanze. Gusa yemeye ko yamenye ko abarembetsi bamusenyeye ku manywa y’ihangu ariko we akabimenya impita gihe. Ngo ababateye bakabasenyera ni abarembetsi baturuka mu murenge wa Rukomo. Ngo icyo ubuyobozi burimo gukora ni ukurindira umutekano aba batanze amakuru kugira ngo batongera kugirirwa nabi.

Guverineri w’intara y’iburasirazuba madame Uwamariya Odette yavuze ko niba hari abatanga amakuru bakabizizwa ubuyobozi bugomba kwirengera ingaruka zabyo. Ubuyobozi ngo buberaho kurinda umuturage no kumuteza imbere. Yemeza ko nibasanga ubuyobozi bw’akagari hari aho buhuriye no gufatanya n’abarembetsi buzirengera ingaruka. “ Nidusanga koko wowe muyobozi ufatanya n’abarembetsi guhohotera uwatanze amakuru, ubwo nizere ko uzaba utakiri umuyobozi. Uzisezerere ubwawe kuko ntawakwihanganira imyifatire nk’iyo.” Guverineri Odette Uwamariya.

Komiseri mukuru wa polisi y’igihugu Emmanuel Gasana yavuze ko iki kibazo agiye kukikurikiranira kuko bidakwiye ko uwatanze amakuru abizizwa. Ngo ibi ntibyemewe mu gihugu kigendera ku mategeko kandi gishaka kurinda abaturage bacyo gusarikwa n’ibiyobyabwenge. “ Ntabwo bishoboka ko uwatanze amakuru yahohoterwa gutyo. Ndabyikurikiranira birakemuka. Igihugu nk’iki ibi ntibyabaho.” IGP Emmanuel Gasana.

IGP Emmanuel Gasana akomeza asaba inzego z’ubuyobozi ndetse n’abamotari ubufatanye kugira ngo abatwara ibiyobyabwenge bagirwe inama hakiri kare. Ngo bashobora guhindura imyifatire bagiriwe inama. Gusa ngo kubareka bagomeza kubikora ejo bagafatwa bagafungwa ayo bashoye yose bakayahomba, nabyo ngo ni ukubahemukira. Yemeza ko nta cyiza cy’ibiyobyabwenge kuko uretse kwangiza ubwonko bw’ubikoresha, ubicuruza nawe ahura n’ibihombo hiyongereyeho igifungo. Ngo gukira birashoboka kuko hari imirimo myinshi kandi na Leta ihora ihanga imishya yafasha buri wese kwikura mu bukene.

What do African Countries Lack to be Stable and Develop?

$
0
0

   What do African Countries Lack to be Stable and Develop?

Africa has passed through turmoil political waves that not only claimed uncountable lives of innocent people but ruined economies which to some extent define the endemic poverty, conflict and dependence of all forms. For a long time, the leaders in their beliefs, expressed in their speeches in many occasions at home or abroad attributed all misfortunes of the continent to foreign forces.

Slave trade, colonialism, neocolonialism dominated their belief and were underlined as the principle sources of African sorry state in political and economic spheres of the continent.

Some are not even afraid to attribute the ongoing conflicts in some countries to foreign influence. Yes, the role played by slave trade that claimed a population of 100 million Africans, according to some writers, cannot be ignored, Massive plundering of African natural resources from slave trade and colonial eras that spanned nearly a century cannot be underrated as well.

Domination and manipulation of Africans by Europeans can as well be recognized as a significant contribution to the state of Africa to day.

Predominantly in sixties, many African countries acquired independence with much vulnerability that hindered many, if not all, to fully gain and own their independence. Many of the challenges at the time included literacy levels, low level of skills, and lack proper of knowledge on international dynamics at the time, hostility of colonizing powers disparate in need of staying in absence, and unwillingness to lose grip on African resources enjoyed free of charge for centuries remained a factor as well.

The opposition to this, with progressive and aggressive approach by some patriotic leaders, at the time, could not let them stay longer at the political helm or stage but would rather terminate their political journey in short time. To the worst, it cost them their lives and left place for marionette to become life presidents with voluminous messes in their countries.

In less than a decade the proponents of an Independent Africa with agenda of own control and advocating for Unity of Africa was already gone.

It will be brought to mind that while 1960’s was a decade of celebrators for independence 1970’s was dominated by  military coup d’états across the continent. Military leadership characterized by dictatorships look control of state affairs and in many times and countries across Africa.

This was the Africa of 70s as mismanagement dominated the scope of their stay in power and removal of those Military rulers from power, could only be done through another coup with similar replacements that led to a series of coups in many countries like Burundi, Nigeria etc.

Since they could not be removed through the voice of the people, the only resort remained another coup and of recent through peoples armed struggles like the case of Rwanda (RPA), Uganda (UNLA) or Sudan (SPLA). The people’s armed, struggle in form of guerrilla warfare was beginning to take shape in some countries not only to oust dictatorships but as a way to bring people back on board for involvement in their national affairs.

Typical examples can be cited in Rwanda and Uganda, where dividends are self-evident in economies and other field that had been stagnant or ruined by the dictatorial regimes over time.

Beyond all these, some countries in Africa were severely destroyed by sectarian politics where citizens have been treated differently. The typical example is a country called Rwanda, where some citizens were treated as foreigners in their own land. Is this attributable to foreign influence?

Yes, to some extent but what was the role of a Native leadership?  This is an indication that we are co-authors of our own misfortune. Naturally, living a mutual–benefit relationship among people regardless of their differences, harms neither party and the people have no power, to institutionally and structurally divide themselves –it is always the state. Is this an attribute to foreign powers?

Many analysts point at corruption, embezzlement, nepotism and mismanagement as the core sources of underdevelopment of countries in Africa. To this point, and this time around, this has nothing to do with external influence and it is indeed an African political cancer that shall only require typical African political physicians.

And this is because African leaders have chosen to run their countries as private enterprises with total ignorance of their people, with whom they have equal rights in their same country as citizens. This is not attributable to foreign powers. This is a political malaise that is dominantly cited as one of the root causes of the sorry state in Africa witnessed today.

However there is another single factor always not mentioned, that lies behind all this misfortune. Irresponsibility in leadership. Failure to understand the role and purpose of leadership qualifies and defines why all the above mentioned political malpractices, that undermine a nation and its people occur. Irresponsibility in leadership is an escape from accountability.

Leadership that fears and avoids accountability is basically not in service of the people, and in many countries in Africa, system are run without accountability mechanism or with only pretentious and cosmetic ones which are in essence defunct.

If it was lack of Managerial skills for African leaders to organize their countries, within their intellectual capabilities, but with desire to do so, resources would be committed to employ external political and economic expertise as it is done, when it comes to the development and Management of African political leaders’ personal business.

It has come to my understanding that taking time to think about what leadership should do for the people, and commitment to do so, can elevate a country from scrap to strength and this is a preserve to a responsible leadership.

The only recent example in Africa which I can stand for, affirm and reaffirm, where leadership has been responsible and hence accountable, that transformed a country to unimaginable  height, in relatively short time is Rwanda. Looking at the development rate in Rwanda in areas of airline, schools, healthcare system, poverty reduction, security, cleanliness accountability, performance contacts, national, dialogues, retreats, name it. It only tells me what is lacking for African countries to develop and prosper. If it was due to natural resources or favorable geographical and climatic conditions, then Africa would be second to none in terms of economic development.

This time round a shift from blame to foreign influence as the sole cause of Africa’s misfortune should  cease to dominate the rhetoric of any  sober minded people in the leadership sphere .The shift should go to our own irresponsibility to enable us be responsible for  our own affairs. Our choice to agonize, antagonize and or disorganize will be the sure journey to oblivion for African people.

Owning a simple bicycle could ‘save’ Ngoma district

$
0
0

Owning a simple bicycle could ‘save’ Ngoma district

A bicycle, which costs not more than Rwf60.000 is a very common means of transport in African communities, and owning one in rural Africa sometimes reflects a social status and one’s ease to access the family, market places and reaching out to others in need.

Just like other villages in Rwanda, for 473 Village heads in Ngoma district, Eastern Province of Rwanda, owning a bicycle remains a farfetched reality due to lack of financial ability and thus an impediment to perform their duties

Putting this in mind the need to perform, as leaders, who don’t even get a salary but work on voluntary basis, Ngoma village heads have asked that the government provides them with bicycles as a means of transportation to ease their access to residents in the communities.

The leaders say that lack of transport means has continued to impede the implementation of the duties and thus limit their access to communities especially when they have resolve arising conflicts among the citizens they head.

Some of the leaders also say that this has compelled some of them to use their own incomes to perform their duties as leaders and have asked government to intervene to this concern so that they can effectively do their job.

“We are obliged to attend crucial meetings at the sector and sometimes urgently respond to issues arising in the community, but most times we delay because of lack of transport and to an extent use our own money” said Apollinaire Rubagumya, the head of Gituku village, Rukira sector.

The call from village leaders comes at a time when local leaders have been accused for not performing their duties and to a large extent even delaying justice among residents due to negligence and reluctance.

However, some of the village heads have attributed these delays partly due to lack of transport and say that if government intervened, they would be in good position to reach as many residents as possible.

Aphrodise Nambaje, the Mayor of Ngoma district says that the village leaders have a valid request but the district has been strained by budget constraints to meet most of demands of the leaders

The district should be in position to provide such a transport facilitation, just as we do on health insurance for local village heads. The problem remains on budget priorities and sources of income such as increase tax collection would enable us to meet more demands” Nambaje said.

Pays-Bas : La Famille Royale salue le leadership de Kagame

$
0
0
Le Président  Kagame avec le Roi Willem-Alexander dans son Palais Royal  Wassenaar

Le Président  Kagame avec le Roi Willem-Alexander dans son Palais Royal  Wassenaar

Le Président Kagame a rencontré la famille royale des Pays-Bas lors de l’événement annuel de « Rwanda Day ». Le Roi Willem-Alexander a reçu le Président Kagame dans son Palais Royal de Wassenaar. Les échanges entre les deux hauts dignitaires étaient focalisés sur les relations entre les deux pays.

Le Roi Willem-Alexander et la Reine Máxima se sont félicités de cette visite du Président Kagame dans leur Royaume. La famille royale considère Kagame comme un leader exemplaire sur le continent Africain.

Ces considérations de cette famille royale envers le Président Kagame sont basées sur son leadership ayant comme résultat beaucoup de réalisations du Rwanda dans le développement. La Reine Máxima  a salué le Président Kagame pour avoir assuré le développement des sociétés financières et le secteur privé.

Président Paul Kagame et la Reine Máxima des Pays-Bas

Président Paul Kagame et la Reine Máxima des Pays-Bas

La Reine Maxima, Expert aussi à l’ONU dans la promotion de sociétés financières, a une obligation de plaider  pour le développement de l’éducation financière et l’accès aux services financiers afin d’atteindre le développement économique.

Les Pays-Bas financent divers projets au Rwanda dans le cadre de contribuer au développement et le bien-être socio-économique de la population. Parmi ces projets figure le projet « Wash » qui distribue l’eau potable aux habitants avoisinants la région volcaniques, au nord du Rwanda.

 

Mo Ibrahim 2015 : Le Rwanda parmi six pays africains les plus performants 

$
0
0

1

La nouvelle image du Rwanda est le fruit de la bonne gouvernance

Le leadership du Président Paul Kagame ne cesse de marquer le pas par sa bonne gouvernance. Selon le rapport annuel de Mo Ibrahim 2015 publié lundi, « le Rwanda figure parmi les six pays africains qui ont marqué des progrès dans la gouvernance ».

A part le Rwanda, d’autres pays africains les plus performants dans la bonne gouvernance sont l’Ile Maurice, Cap Vert, Botswana, Afrique du Sud, Namibie, Iles Seychelles, Ghana, Tunisie, Sénégal et Lesotho.la Côte d’Ivoire, Maroc, Sénégal, Somalie na Zimbabwe.

Raison de plus pour des millions de Rwandais qui veulent toujours garder Kagame meme après 2017. « Vous voyez vous-mêmes que les prouesses du leadership de notre Président Kagame sont connues partout. On a encore besoin de lui après 2017 tant qu’il est en toujours en bonne santé », a fait Muneza John, un Rwandais de la Diaspora qui était au Rwanda Day 2015.

« 2015 Ibrahim Index of African Governance » part des indicateurs de la gouvernance pour évaluer les pays. Il s’agit entre autres de la sécurité, respect des lois et des droits humains, chances durables dans la croissance et renforcement des capacités du développement humain.

Cette année, il y a eu introduction de nouveaux indicateurs comme les services délivrés via l’internet, les abus du Gouvernement contre les civils, la capacité de taxation des impôts, etc.


Nyamasheke: Barasabwa gushingira imihigo ku muryango

$
0
0

Nyamasheke: Barasabwa gushingira imihigo ku muryango

Abaturage b’umurenge wa kagano mu karere ka Nyamasheke, barasabwa guhiga ibikorwa bishingiye mu muryango kugira ngo bazongere bese imihigo.

Ni nyuma y’uko uyu murenge  wa kagano ubaye uwa mbere mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2014-2015, mu mirenge 15 igize akarere ka Nyamasheke, bagasabwa gukomeza icyo gikombe begukanye bahereye mu kwesa imihigo y’umuryango.

Niyitegeka Jerome, umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa kagano, avuga ko kuba aba mbere babikesha kuba abaturage barahagurutse bagahiga bahereye mu muryango, bityo umutekano ukaboneka muri uwo murenge, bakitabira gukoresha neza ifumbire, inkengero za kivu zikabungwabukngwa uko bikwiye n’ibindi.

Agira ati “uyu mwaka ushize twagize umutekano usesuye , abaturage bacu babaye aba mbere mu guhinga bakoresheje ifumbire, umuco wo kwangiza inkengero z’ikiyaga cya kivu wacitse uyu mwaka, bigaragara ko ibyo twahize turi kubigeraho, nsaba abaturage bacu ko babikomeraho, bagatangira guhiga bahereye mu muryango, bityo ibyo twamaze guhiga uyu mwaka na byo tukazabihigura neza tukaguma iki gikombe”.

Abaturage bavuga ko kuba babaye aba mbere ari igihe cyo gukora bakicungira umutekano nk’uko babikoraga, bakitabira gahunda za leta kandi kandi bagahwiturana mu nama z’imigudugu n’izindi.

Nzeyimana Paul agira ati “nitwe nkingi yo kugaruka igikombe cy’imihigo, tugomba gukora tutikoresheje, dufatanyije n’abayobozi bacu, tukamenya ibibera mu midugudu yacu, abagenda gahoro tukabafasha kwihuta kugira tuzahore ku isonga”.

Umurenge wa kagano ni wo wahize indi mirenge uko ari 15 igize akarere ka Nyamasheke kwesa imihigo ku manota 79,8  akarere kabaye aka nyuma kaba akarere ka Gihombo n’amanota 63,4, mu gihe akarere ka Nyamasheke kaza ku mwaka wa 16 mu rwego rw’igihugu.

Green party loses case against government

$
0
0

Green party loses case against government

The supreme court of Rwanda has resolved that the Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) has lost the case in which the party had sued government over the ongoing referendum process which will see the amendment of the constitution.

The Party had especially sued government over attempt to amend the article 101 (on presidential term limits), of which parliament has given a go ahead to a special commission to the article amended as a result of over three million Rwandans petitioning parliament.

Supreme Court judge Prof. Samuel Rugege said that the final decision on the case was based on the voices of the people, who are the ones who choose the constitution, and can also will its amendment through democracy.

He also said the court found no enough evidence based arguments that could halt the procedure which is in line with the law and democratically opted for by Rwandans.

Frank Habineza, the Green Party President said that the decision was a surprising one and the party will submit their issue to the president’s office, since the case cannot be appealed beyond the Supreme Court

Despite some few citizens opposing the constitutional amendment, there is a growing desire to amend article 101 of the constitution to lift the term limits and pave way for President Paul Kagame’s third term bid.

Millions of people, including opposition politicians have petitioned parliament to debate and lift term limit to facilitate Kagame’s third term run and the legislature has agreed to debate the issue.

The Green Party is the only opposition organization to speak out and file suit against the looming constitutional change and Kagame’s third term move.

Intersec to launch 4G LTE security solutions

$
0
0

1

Rwanda’s leading security company Intersec will soon launch a 4th Generation (4G) enabled security systems, which comes at a time when the company has re-branded to ISCO intersec security Ltd as part of its response to the needs of the growing technology and customer demand.

The new 4G technology will be launched this month  and  an ISCO 4G solutions  stand  will launched this month at the  4G square center in the heart of Kigali city and is part of the company’s strategic shift to move away from traditional security practices and engage use of technology in the 21st generation.

With this technology, customers will be able to acquire IP video surveillance cameras to enhance connectivity, installation and maintenance at affordable rates.

The company General Manager, Vincent Gatete, said the changes are part of a strategy to respond to the growing demand emanating from the current economic growth.

Gatete stated the new identity is a reflection of a change that is driven by the need to deliver better services and diversify our services from traditional security to modern security solutions and to reflect our growth in scope to other domains such as courier, logistics, transport, warehousing services and Internet Service Provision (ISP)

“We have improved the – the way we work, we are making a new commitment, a new promise and a new vision to our clients. The rebranding is more than change in face, it is the way we want to deliver unequalled service to our clients and total change in customer service and staff capacity,” Gatete said.

Gatate said that this technology will enable clients to monitor their homes and property with use of the internet powered gadgets such as smart mobile phone, iPads and computers and noted that this will increase on the company’s response to needs of clients.

The company has consistently streamlined and is now digitalizing security operation systems to allow efficient and timely operational standards as it continues to lead other private security companies in covering more institutions countrywide.

ISCO Intersec provides security employs more than 5000 permanent employees across the country. Some of the services that have been provided over the years include: Armed Guarding, Unarmed Guarding, Cash- in Transit, VIP Escort Protection, and 24hr armed response, Contract security Officers, Guard Receptionists, Security Consultancy and Intervention Armed Response.

Gicumbi – Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyonyi 8

$
0
0

m_1

Iki gikorwa cyabereye mu kigo cy’amashuri yisumbuye ya Mulindi tariki ya 7/10/2015 aho ibiyobobyabwenge bya kanyanga byangirijwe imbere y’abanyeshuri banakangurirwa kubireka.

Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi yangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 8 n’ibihumbi 40 inakangurira urubyuruko kubireka kuko bibangiza.

Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi yangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 8 n’ibihumbi 40 inakangurira urubyuruko kubireka kuko bibangiza.

Umwe mu banyeshuri wiga muri iki kigo wari warinjiye mu mutwe w’abarembetsi winjiza ikiyobyabwenge cya Kanya witwa Roge Janvier yatanze ubuhamya bw’uburyo kwishora mu bikorwa  byo gucuruza kanyanga no kuyinywa byamugizeho ingaruka.

Uyu munyeshuri yatangiye kuyicuruza no kuyinywa mu mwaka wa 2012 yiga mu mwaka wa 4 w’amashuri yisumbuye.

Amaze gufatwa ko yagiye muri ibyo bikorwa ubuyobozi bw’ishuri bwahise bufata icyemezo buramwirukana.

Icyo gihe yahise atakaza n’amahirwe menshi kuko umushinga wamwishyuriraga amafaranga y’ishuri wahise umuhagarika.

Ati “ ndibuka ko nabaga uwambere nkagira amanota 94% ariko ntangiye kunywa kanyanga no kuyicuruza nasubiye inyuma ku buryo nagize amanota 65% nkaza mu myanya ya 17”.

Yatanze inama kurundi rubyiruko ko rudakwiye kwishora mubiyobyabwenge kuko byangiza ubuzima bw’ubinywa.

Umuyobozi wa polisi mu karere ka Gicumbi Supertendent Gaga Stiven yasabye urubyiruko kureka ibiyobobyabwenge kuko bigira ingaruka ku buzima bw’abantu.

Yabibukije ko biteza umutekano muke ku buryo usanga ubinywa ahura n’ingorane zo kutagira icyo yimarira kuko ubwonko bwe buba bwarangiritse.

Ububi bw’ibiyobyabwenge byagarutsweho n’umuyobozi w’akarere ka Gicumbi Mvuyekure Alexandre aho avuga ko impamu ubuyobozi bwahisemo gufatanya n’urubyiruko rw’abanyeshuri kwangiza ibiyobyabwenge  ko ari ukubakangurira kubyirinda kuko byangiza ubinywa ntabashe kugira icyo yimarira.

Ati “ Uwanyoye ibiyobyabwenge ararwana, aratukana,  arasenya,  agira urugomo mbega ibyo akora byose abikoreshwa nabyo niyo mpamvu mukwiye kubyirinda”.

Ibiyobyabwenge nubwo byangiza ubuzima bw’ababinywa bihanwa n’amategeko kuko uwo babifatanye abinywa cyangwa abicuruza ahanishwa igifungo kuva ku mwaka umwe kugeza ku myaka itatu agatanga n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuva ku bihumbi 50 kugera ku bihumbi 500 cyangwa agahabwa kimwe muri ibyo bihano.

Gakenke: Basanga imihigo ikwiye kuba iya buri wese

$
0
0

m_8

Ubuyobozi bw’umurenge wa Gakenke mu karere ka Gakenke bwamurikiye abaturage imihigo ya 2015-2016 maze nabo baboneraho guhiga ibyo bazakora.

m_11

Nyuma y’uko akarere ka Gakenke kaje kumwanya wa nyuma mu mihigo ya 2014-2015 hafashwe ingamba zikomeye zirimo no kumurikira abaturage imihigo y’ibyifuzwa kuzakorwa kuko aribo banyirayo maze nabo bakagira uruhare mu mihigo ibakorerwa.

m_10

Nubwo akarere ka Gakenke kari kabaye akanyuma mu mihigo y’umwaka ushize ariko umurenge wa Gakenke wari wabaye uwa mbere mu mirenge igize kano karere ukaba arinawo wabimburiye iyindi mu gikorwa cyo kumurikira abaturage imihigo

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gakenke Bisengimana Janvier avuga nubwo ari kunshuro ya mbere habaye igikorwa cyo kumurikira abaturage imihigo ariko bagiye kubigira umuco kuburyo bizajya bikorwa buri nyuma y’amazi atatu mu tugari na nyuma y’amezi atandatu ku murenge herekanwa ibyagezweho

Bisengimana kandi akomeza avuga ko bizabafasha kugirango abantu barusheho kumva ko imihigo ariyabo

Ati “ bikaba bizadufasha kugirango tumve ko imihigo ari iyacu batazongera kuvuga ngo imihigo niya mayor, na gitifu cyangwa umukuru w’umudugudu, ntabwo bikiri byo ahubwo twe twabihinduye imihigo nuy’urugo, nuy’umuryango, imihigo niya buri wese niyo mpamvu twayishize hano imbere”

Abaturage bakaba bahigiye imbere y’umukuru w’umudugudu nabo bahigira imbere y’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari hanyuma ab’utagari nabo bahigira imbere y’umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge

Umuyobozi w’akarere ka Gakenke Nzamwita Deogratias yashimiye ubuyobozi bw’umurenge wa Gakenke ndetse n’abaturage kubera agashya bashize mu mihigo kuko mu mihigo yakorwaga bitabagaho kuburyo n’abazaga gusuzuma imihigo bageraga mu baturage abaturage babazwa bakavuga ko batayizi

Ati “turabashimira cyane kubera agashya mwashize mu mihigo ubundi mu mihigo twakoraga ntabwo iyi nkera y’imihigo yabagaho, ndetse n’abazaga gusuzuma imihigo bazaga bagera mu baturage bakavuga ko imihigo batayizi bigatuma n’amanota ahagendera. Ubu rero aka gashya mwakoze kagiye kuba iteka muri aka karere”

Uyu muhango ukaba wanaranzwe no gutangira mituweri abaturage 163 hamwe n’inka zagabiwe imiryango 31.

Viewing all 3792 articles
Browse latest View live