Quantcast
Channel: News Of Rwanda – Rwanda News
Viewing all 3792 articles
Browse latest View live

Rwanda : Minisitiri Musoni arasaba abayobozi kudashyira igitugu ku baturage ngo babone kubaha serivisi

$
0
0

MinisitiriMusoniarasabaabayobozikudashyiraigitugukubaturagengobabonekubahaserivisi

Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu, Musoni James arasaba abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari two mu karere ka Muhanga kudashyira igitugu ku baturage mu gihe bagiye kubaha serivisi.

Ibi Minisitiri akaba yabibasabye kuri uyu wa 14/09/2012, ubwo yafunguraga ishuri ry’imiyoborere myiza ry’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugari.

aba banyamabanga bakaba bamugejejeho impungenge z’amabwiriza y’umukuru w’igihugu yasohotse abuza abayobozi bose gukubirana abaturage mu gihe baje kwaka serivisi imwe maze bakaboneraho bakabaka n’iby’ikirenga bitajyanye n’iyo serivisi.

Bavuga ko aya mabwiriza yatumye bamwe mu baturage bigomeka kuri zimwe muri gahunda basabwa kubahiriza. Hakaba hari abemeza ko uku gufatirana abaturage byabafashaga kwihutisha ibikorwa byabo kandi bikagirira n’akamaro abaturage.

Bavuga kandi mu gihe aya mabwiriza azaba amaze kuba ihame bizabagora kwesa imihigo nk’uko bayihize.

Aha akaba ariho Minisitiri Musoni yasabye aba banyamabanga nshingwabikorwa kimwe n’abandi bayobozi gucika kuri uyu muco kuko ngo ari igitugu.

Avuga ko igitugu kitagakwiye kugaragara muri serivisi abaturage bahabwa, agira ati: “imiyoborere myiza igomba gushingira ku baturage, ntitugomba gufata abaturage ku ngufu ngo tubahe serivisi nziza”.

Minisitiri Musoni kandi avuga ko mu gihe cyo guhiga umuyobozi agomba guhigana n’abaturage, bagafatira hamwe ibyo bagomba guhigana kuko aribo baba bazi ibyo bashaka kugezwaho, ibi ngo bikaba bizabafasha kwesa imihigo baba bahize.

Agira ati: “Aho kugira ngo mbone 100% nakoresheje igitugu nabona 70% abaturage banezerewe”.

Iri shuri ry’imiyoborere myiza rikaba ari ishuri rihoraho rizajya rihasha abayobozi mu miyoborere yabo kuko ngo hari byinshi bakeneye guhabwa nyuma yo kuva mu mashuri asanzwe.

 

 

 

 


Rwanda | Rwamagana: service delivery should be priority among leaders’ responsibilities

$
0
0

There is no need for local leaders to vow to work for their subjects and giving them good services because that is their first responsibility for every leader, according to Nehemiah Uwimana the mayor of Rwamagana District on 12th.Sept.2012 during the general assembly of people in Kigabiro sector.

service delivery should be priority among leaders’ responsibilities
Nehemiah Uwimana the mayor

 

He said that the performing contracts of all leaders in all district are supposed to be those for change and new things in the lives of local people but providing good services is a law that has be respected by all leaders.

service delivery should be priority among leaders’ responsibilities 2
Marc Rushimisha of Kigabiro sector

 

Local leaders in Kigabiro sector led by their executive secretary Marc Rubeshana vowed to promote development projects and economy in their sector which covers the big part of the Rwamagana town. They vowed to improve social welfare of people, provide quality education to children, encouraging cooperatives and supporting the poor fight poverty.

 

The mayor asked these local leaders not to include good service delivery among their performing contracts by explaining to them how it is their responsibility but to achieve what will make people live better lives be it residents and those that pass through their district.

 

 

 

Rwanda | Ngororero: Abaturage b’Umurenge wa Kavumu bakubye 3 inkunga bari bariyemeje mu gushyigikira AgF

$
0
0

fpr

Mugihe igikorwa cyo kwihesha agaciro gikomeje mu Karere ka Ngororero, ku wa 18 Nzeri,2012, igikorwa cyo gutangiza ikigega agaciro Development Fund cyabereye mu Murenge wa Kavumu. Icyo gikorwa cyabanjirijwe n’ibiganiro binyuranye birimo icy’umutekano, icy’imitangire ya service nziza, ikijyanye n’imihigo y’umurenge ya 2012/2013 n’ikiganiro cyo kwihesha agaciro.

Mu kwihesha agaciro abaturage b’umurenge wa Kavumu ku ikubitiro bashyize mu kigega Agaciro Development Fund miliyoni cumi n’eshanu n’ibihumbi mirongo itatu na birindwi na mirongwitandatu n’atatu (15,037,063frw). Mugabo Gaspard ni umuhinzi, we yiyemeje gutanga ibiro 5 by’imyumbati bifite agaciro k’ibihumbi bibiri (2000F).

Naho Mukamusoni Daphrose ati nahawe inka muri gahunda ya girinka, kubera aho ngeze nivana mu bukene ntanze ibihumbi bitanu (5000frw). Igikorwa cyo kwihesha agaciro cyabaye no mu mirenge ya Sovu yakusanyije (22,588,000frw), Ngororero (30,386,414 frw); Muhororo (12,903,000frw) na Kabaya(45,000,000frw).

Ku bijyanye n’umutekano, umuyobozi w’ingabo yavuze ko umutekeno  ari wose abaturage bakaba basabwa kurwana urugamba rwo guhashya ubukene bakiyubakira igihugu bihesha agaciro. Ku mitangire ya services nziza perezida w’inama njyanama y’umurenge wa Kavumu yasabye abayobozi kugira gahunda inoze igaragarira ababagana bose bikabarinda guta igihe. Abagana ubuyobozi nabo bagomba kugira gahunda bakirinda gusimbuka inzego igihe basaba services nabyo bituma bata igihe cyabo.

Musabyimana Samuel, umukozi ushinzwe ubuyobozi n’abakozi mu karere ka Ngororero, yasobanuye imvo n’imvano y’ikigega Agaciro Development Fund, yavuze ko ari uburyo abanyarwanda twabonye bwo kwihesha agaciro  mu kwiyubakira igihugu mu ruhando rw’amahanga. Yabibukije ko ak’imuhana kaza imvura ihise ndetse hakaba hari n’igihe yahita ntikaze.

 

 

 

Rwanda | Rubavu: trained youth on democracy goes to schools

$
0
0

Inkunga umurenge wa

While officially starting peace and democracy talks in Rubavu district on September 15th 2012, Ignacius Kabagambe Director General in charge of communication in Rwanda Governance Board has reminded the youth how democracy contributes to peace in the country.

At Rwanda Tourism University College- Gisenyi branch, Kabagambe explained that talks are meant to teach youth democracy and promote it as they prepare for International peace day celebrations on September 21st 2012.

Youth are considered tomorrow’s leaders and that’s why talks are organized to help them change their mindset on democracy and good governance towards development and peace promotion, he adds.

Some participants said preparing a week of democracy talks helps them as youth with the vision to strive to keep the success that Rwanda has achieved.

During the event, Honorable Deputy Yvonne Uwayisenga and Senator Apollinaire Mushinzimana explained to the students the democracy based political system Rwanda has towards the development of Rwandese society.

Democracy week will comprise of peace discussions in different schools or Rwanda by RGB, both chambers of the parliament, Forum of political parties in Rwanda, National unity and reconciliation commission and United Nations Development Programme (UNDP).

 

 

Rwanda | Ruhango: Abanyakinazi barashishikarizwa gusubiza intwaro baba bagifite mu ngo zabo

$
0
0

Ubwo tariki 19/09/2012 abaturage batuye umurenge wa Kinazi mu karere ka Ruhango basurwaga na Gen Mubarak Muganga yabasabye kwirinda gukinisha intwaro ndetse no gusubiza izo baba bagifite mu ngo zabo.

Abanyakinazi barashishikarizwa gusubiza intwaro baba bagifite mu ngo zabo

Gen Mubarak Muganga ( Hagati) ubwo yasuraga abaturage b’umurenge wa Kinazi mu karere ka Nyanza

Ibi babisabwe nyuma y’uko mu karere ka Huye ahitwa i Karama hari umuntu giherutse guhitana agifite mu mufuko we maze agahita yitaba Imana.  Yakomeje asaba abaturage b’umurenge wa Kinazi ko nta muntu n’umwe muri bo wemerewe gutunga ibikoresho bya gisirikare.

Yagize ati: “ Igisasu   nta nyiracyo kigira kuko ugiteye n’ugitewe bose bashobora kugerwaho n’ububi bwacyo” .  Igisasu si nk’ikinonko kuko ugiteye n’ugitewe bose gishobora kubagiraho ingaruka zikomeye  maze ubuzima bw’abantu bukahagendera nk’uko Gen Mubarak Muganga uyobora ingabo mu Ntara y’amajyepfo yabitangaje.

Abanyakinazi barashishikarizwa gusubiza intwaro baba bagifite mu ngo zabo2

Abaturage b’umurenge wa Kinazi bari bitabiriye iyo nama bagirwaga

Gen Mubarak Muganga  yasobanuye  ko abaturage bose bagomba kugira amakenga y’ikintu cyose babonye mu murima bahinga basanga giteye amakenga bakihutira kubimenyesha inzego z’umutekano zikabibafashamo ngo kuko hari ubwo kiba ari igisasu  gikatsemba imbaga y’abantu kandi hari uburyo bwo kuba cyakwirindwa  mbere nta ngaruka gisize giteye.

Yakomeje avuga ko igisasu nta rukundo kigira bityo ahamagarira abagifite bose ibikoresho bya gisirikare kubisubiza inzego zishinzwe umutekano zitarabibafatana ngo babiryozwe hakurikijwe amategeko y’u Rwanda.

Mu gihe cyose abaturage babonye ikintu kidasanzwe  barasabwa  kujya babimenyesha inzego z’umutekano kugira ngo zibafashe kukihavana ndetse n’abagifite intwaro bakihutira kuzisubiza nk’uko Gen Mubarak Muganga uyoboye ingabo mu Ntara y’amajyepfo yabisabye abanyakinazi ubwo yabasuraga.

 

 

 

Rwanda | Burera: Abayobozi barasabwa kwegera abaturage bakabumva bakajya inama

$
0
0

Abayobozi barasabwa kwegera abaturage bakabumva bakajya inama

Umuyobozi w’akarere ka Burera arasaba abayobozi batandukanye bo muri ako karere kwegera abaturage bayobora bakabumva, bakajya inama, bakabasobanurira neza gahunda zose za leta kuko aribwo buryo bw’imiyoborere myiza.

Semabagare Samuel avuga ko umuturage ashyira mu bikorwa gahuza za leta ari uko umuyobozi yazimusobanuriye neza. Igihe umuyobozi atazimusobanuriye ukwo bikwiye niho umuturage abona izo gahunda zimubangamiye.

Agira ati “ndasaba abayobozi kwegera abaturage bakajya inama gahunda ziba bajyenwe za leta , turazishyikirizwa tukazishyira mu bikorwa. Nta gahunda n’imwe leta yashyira ho yo kurenganya umuturage, yo kumusubiza inyuma”.

Hari hamwe na hamwe mu karere ka Burera mu nzego z’ibanze hagaragaye abayobozi bategeka abaturage gukora ibintu runaka nyamara batabasobanuriye ibyiza byabo. Ibyo bituma abo bayobozi bafata ibyemezo bihubutse maze bigakandamiza abaturage.

Umuyobozi w’akarere ka Burera avuga ko abayobozi bakwiye gusobanurira abaturage aho kubategeka kuko gahunda zose bagezwa ho ari nziza.

Agira ati “…hari gahunda ya “Mituel de Santé” ni ukurengera ubuzima. Hari gahunda ya 12YBE ni uburere n’uburezi bw’abana bacu. Hari gahunda ubungubu iriho yo korora neza, yo kugira isuku, yo gutura mu midugudu…kugira ngo ibikorwa remezo, amashanyarazi twifuza ye kuba ay’umurimbo…”

Akarere ka Burera kabaye aka gatandatu mu gushyira mu bikorwa imihigo kahize mu mwaka wa 2011-2012, mu turere 30 two mu Rwanda, aho kagize amanota 92,9. Niko karere kabaye aka mbere mu ntara y’amajyaruguru mu turere dutanu tugize iyo ntara.

Sembagare avuga ko impamvu batagize amanota yisumbuye kuyo bagize ari ukubera zimwe muri gahunda zitashyizwe mu bikorwa neza kubera imyumvire y’abaturage

Imwe muri izo gahunda harimo kuringaniza urubyaro. Mu mihigo y’umwaka 2011-2012 akarere ka Burera kagize amanota 55% mu kuringaniza urubyaro. Ibyo byatumye amanota agabanuka nk’uko umuyobozi w’akarere ka Burera abisobanura.

Yongera ho ko abona abanyaburera bagenda batanga ikizere mu guhindura imyumvire. Akomeza asaba abayobozi kwegera abo baturage kugira bahindure imyumvire byimaze yo.

   

 

Rwanda : Musanze – Abayobora utugari ngo bagiye kwereka abo bayobora inyungu yo guhuza Ubutaka

$
0
0

Abayobora utugari ngo bagiye kwereka abo bayobora inyungu yo guhuza Ubutaka

Abanyamaba nga nshingwabikorwa b’utugali tugize akarere ka Musanze ngo bagiye kwegera abo bayobora maze babereka mu buryo bufatika inyungu zo guhuza ubutaka, kugira ngo barusheho kuyishyira mu bikorwa.

Mu mahugurwa y’iminsi ibiri ku miyoborere myiza  ndetse n’imitangire ya serivisi, yatangiye kuri uyu wa kane tariki 20/09/2012 aba banyamabangwa nshingwabikorwa b’utugali tugize akarere ka Musanze, bavuze ko bazakuramo ubumenyi buzabafasha gusobanurira neza akamaro ko guhinga igihingwa kimwe.

Ngayubwiko Jean Marie Vianney, umunyamabangwa nshingwabikorwa w’akagali ka Cyogo mu murenge wa Muko, avuga ko bamwe mu bahinzi batarumva neza akamaro ko guhuza ubutaka bagahinga igihingwa cyemeranyijweho.

Ati: “Ubu tugiye kubaganiriza kurushaho, ni biba na ngombwa tujye no mu mibare,ariko tubereke ko amasaka adashobora kwinjiza kurusha ibigori cyangwa ibirayi”.

Vincent Murangwa, impuguke y’ishyirahamwe ry’uturere n’umujyi wa Kigali RALGA mu gutanga amahugurwa y’abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugali n’ab’imirenge, avuga ko aba banyamabanga bakwiye gufata umwanya wo kuganira n’abo bayobora.

Agira ati: “Twasabye ko bakwiha umwanya wo kubanza gusobanukirwa neza na gahunda za leta, ndetse bakanafata undi nanone wo kuganiriza abaturage kuri izo gahunda kugirango abaturage bazishyire mu bikorwa bazumva neza”

Avuga kandi ko aba banyamabanga bashobora gusobanuza inzego zisumbuye ho, igihe bigaragaye ko batumva neza gahunda, aho kugirango bajye gusobanurira abaturage nyamara nabo ubwabo batarazumva neza.

Umuyobozi w’akarere ka Musanze Mpembyemungu Winifrida, avuga ko aya mahugurwa azasiga abanyamabanga nshingwabikorwa b’utugali babonye icyerekezo kimwe mu gushyira mubikorwa gahunda za leta, kuko hari ubwo buri wese abikora uko yishakiye.

Ibi kandi ngo bituma hari ubwo ubutumwa bugera ku muturage bwahinduye igisobanuro, bitewe n’uburyo umuyobozi ashaka ko gahunda ikorwa, cyangwa se n’uburyo ari gukora ngo ishyirwe mu bikorwa.

 

 

 

Rwandan Alumni of Ntare School promoting knowledge development projects

$
0
0

Rwandan Alumni of Ntare School promoting knowledge development projects

Rwandans who studied at one of Uganda’s popular schools called Ntare School are in high gear towards sharing the knowledge they got from Ntare School to their fellow Rwandans. Ntare School Alumni are grouped in associations named NSOBA (Ntare School Old Boys Association), thus there is NSOBA Uganda, NSOBA Rwanda and NSOBA Global.

During the evening of 17th September 2012, NSOBA Rwanda held a handover ceremony between the old and new governing committees in an event that took place at Hilltop Hotel Remera in Kigali. The ceremony saw Principal of Rwanda Teachers’ College Dr. Charles Gahima the outgoing NSOBA Rwanda Chairman hand over to Mr .Turamye Aaron as the new NSOBA Rwanda Chairman.

While giving remarks at the handover ceremony, the New Chairman Turamye said that “We as Old Boys of Ntare School gained a lot from the principles and ethics of Ntare School and are willing to share such benefits to fellow Rwandans.”

“NSOBA Rwanda has plans of engaging in a number social responsibilities like building schools, facilitating student exchange programs and other regular social activities. Currently we have a project of constructing a high standard secondly school named NTARE SCHOOL REBERO in Bugesera district.” Added Turamye

Ntare School Uganda is one of the first government schools that were built by British Colonialists in Uganda during the 1950s. During that time, Colonial masters’ aim was to build unique schools that had no affiliations to Religions like most of the 1940s schools were.

Since its inception, Ntare School has always produced a number of influential people reaching its climax in this 20th Century where it is the only school that has 2 concurrently serving presidents of republics. Both His Excellence Paul Kagame of Rwanda and His Excellence Yoweri Kaguta Museveni are alumni of Ntare School.

“On 22nd September 2012, 60 teachers from Ntare School Uganda will visit Lycee de Kigali in one of the pilot exchange programs that will see Ntare School Uganda exchange knowledge with their counter parts through the NSOBA initiatives.” Said Masabo Martin the Head Teacher of Lycee de Kigali and an honorary member of NSOBA Rwanda

The purpose of the Ntare-Lycee twinning is to act as a stepping stone of putting up Ntare School in Rwanda. Teachers and Students of both schools are to interchange cultural and academic experience prior to the commencing of Ntare School Rebero project.

Like thousands of old boys of Ntare will often be heard saying, Ntare School’s mode of teaching, lifestyle and governance is exemplarily as evidenced by more than hundreds of professors, ministers and successful businessmen that the school has produced.

 

 

 


Rwanda : Nyamasheke: Ibiganiro by’ubumwe n’ubwiyunge ntibigomba gutangwa mu cyunamo gusa- Senateri Umulisa.

$
0
0

NyaruguruDist

Kuri uyu wa gatatu tariki ya 19/09/2012, Senateri Umulisa Henriette, yasuye abaturage b’umurenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke bagirana ibiganiro byibanze kukurebera hamwe aho bageze biyubaka mu nzira y’ubumwe n’ubwiyunge, maze abasaba gushyira imbere ibiganiro biganisha ku bumwe n’ubwiyunge mu buzima bwabo bwa buri munsi.

Senateri Umulisa yasabye abaturage bitabiriye ibiganiro kutumva ko ubumwe n’ubwiyunge bukwiye kuvugwaho mu gihe cy’icyunamo gusa, ahubwo ababwira ko bakwiye kubigarukaho mu buryo buhoraho, avuga ko ari ubuzima bwa buri munsi abanyarwanda bakwiye guhorana nabyo, haba mu mashuri, mu biganiro bakora n’ahandi.

Inzira abanyarwanda baciyemo harimo na jenoside yakorewe abatutsi muri mata 1994 ngo yarabeshegeshe bikabije, inzira y’ubumwe n’ubwiyunge ikaba ariyo yabafasha kwishakamo ibisubizo, ikaba igomba gushingirwaho muri gahunda zose.

Muri iki kiganiro, ababyeyi batunzwe agatoki ku kuba badaha abana babo ubutumwa bwo guharanira ubumwe n’ubwiyunge mu gihe bavuye ku masomo, ngo ahubwo ugasanga bababwira ibishobora gusenya n’ubwamaze kugerwaho.

Umubyeyi Mukamunana Sarah, asaba ko mu gihe ibigo biba byatumije ababyeyi byajya bibasaba kuganiriza abana ku bumwe n’ubwiyunge, bikabacyaha ngo batabanduriza urubyiruko.

Abihaye Imana bo batangaje ko ubu butumwa butangwa ku bakirisitu b’ingeri zitandukanye inshuro nyinshi, cyane ko ngo n’ijambo ry’ Imana ribafasha muri uku kwigisha kuko naryo risaba abantu kugira ubumwe n’ubwiyunge hagati yabo.

Umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Gatete Catherine, yashimiye abaturage b’umurenge wa Kanjongo ku ntambwe bamaze gutera bagana ku bumwe n’ubwiyunge bagabirana, basurana banafashanya hagati yabo.

Muri ibi biganiro kandi bafashe umwanzuro wo gukora ibiganiro ku byiciro byihariye nk’abasheshe akanguhe, abafunguwe, abanyeshuri n’abandi.

 

 

 

Rwanda | Gakenke: Abaturage b’Akagali ka Busoro biyemeje kwikemurira ibibazo

$
0
0

Gakenke Abaturage b’Akagali Nyuma yo kwisanira ibiro by’Akagali ka Busoro mu Murenge wa Ruli, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagali, Mukagatare Mariya, atangaza ko abaturage bafite ubushake bwo gukomeza kwikemurira ibibazo biri mu kagali kabo.

Mukagatare Mariya, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagali ka Busoro avuga ko abaturage banafite gahunda yo kwiyubakira inzu y’uburuhukiro ku irimbi kuko abaturage bagira ikibazo cyo kubona aho bashyira umurambo ngo uruhuke mbere wo gushyingura.

Yongeraho ko abaturage batuye ako kagali bashaka kwigurira televisiyo rusange yo kubafasha kumenya amakuru  yo hirya no hino no kwigira ku bandi bakiteza imbere.

Habumugisha Aoron, umuturage wo mu Kagali ka Busoro ashimangira ko baziyubakira iyo nzu y’uburuhukiro ndetse bakanigurira televisiyo rusange.  Ngo ibyo bazabigeraho nta kabuza kuko bageze kuri byinshi birenze ibyo.

Abatuye umudugudu wa Congoli muri ako kagali biyubakiye ibiro by’umudugudu kandi banihangira umuhanda ungana n’ibirometero birenga bibiri. Abo baturage bashyize imbaraga zabo hamwe bakurura amazi meza maze bashyiraho amavomero atanu muri uwo mudugudu wabo.

Ubwo hatahwaga ibiro by’akagali biyujurije, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru kimwe n’abandi  bayobozi banyuranye bashimye ubwitange n’ubushake bw’ abaturage bo muri ako kagali mu kwishakira ibisubizo by’ ibibazo bafite.

 

 

Rwanda : Ibanga ry’iterambere mu Rwanda ni ukugendera ku kwicyemurira ibibazo biciye mu muco

$
0
0

Ibanga ry’iterambere

Mu gihe byinshi mu bihugu byibaza impamvu u Rwanda rurushaho kuvugwa mu kwiyubaka no kwihuta mu iterambere, New York times ivuga ko impamvu u Rwanda rukomeje kwitwara neza byarwo biterwa no gusubiza ibibazo byarwo rushingiye ku ndanga gaciro z’umuco nyarwanda.

Iki kinyamakuru kivuga ko u Rwanda rwashoboye kwirangiriza ikibazo cy’imanza z’abakoze jenoside rukoresheje Gacaca mu gihe iyo bijya mu nkiko abayikoze bari kuzasaza batararangira gucibwa Imanza ariko iki kibazo kikaba cyararangiye gitwaye igihe gito.

Mu Rwanda uyu mwaka wa 2012 ubukungu bwiyongereyeho 8%, kikaba ikintu cyiza mu kuzamuka k’ubukungu bw’igihugu kiri munzira y’iterambere, ndetse no kongera ibicuruzwa hanze byazamutse ho 30%, ibi byose bikaba biterwa no guca ruswa muri serivise, kuko u Rwanda ruza k’umwanya wa gatatu muri Afurika inyuma  y’Afurika y’epfo na Mauritius.

Leta y’u Rwanda ikaba yarageze kuri izi nstinzi igendeye ku itegeko nshinga rikozwe neza mu miyoborere aho ritemerera ishyaka riri ku butegetsi kurenza 50% ahubwo rigasaranganya n’ayandi, ikindi iki kinyamakuru kivuga ni uko abanyarwanda bamaze kurenga kugendera mu moko ahubwo bashingira k’ubushobozi.

U Rwanda rukaba rwarashoboye kwesa umuhigo mu guha ijambo abagore cyane cyane mu nteko ishinga amategeko, aho abagore bagira 56%, naho mu kongera ubukungu u Rwanda rukaba rufite umwanya mwiza mu korohereza ishoramari nkuko byagaragajwe na Banki y’isi.

Nkuko byemeza na Gallup, 95% by’abanyarwanda bishimira ubuyobozi bwabo, naho 77% by’abanyarwanda banyurwa n’uburenganzira bafite haba mu kugaragaza ibitekerezo, mu mikorere n’imibereho nubwo mu gihe gishize byagaragaje ko hari abarunenze mu kuniga itangazamakuru n’ubwisanzure kubatavuga rumwe na leta.

Abanyarwanda bishimira ko igihugu cyabo kiri mubihugu bifite umutekano mu karere, kandi kikaba kitakibarizwamo ibibazo by’amako nkuko bigaragara mu bihugu bituranye, abanyarwanda bakaba bizera igisirikare cyabo kubera ibikorwa bagiramo uruhare mu iterambere kugera kuri 98% naho abizera ubutabera bakagera kuri 84%, mu gihe abishimira imyanzuro y’amatora bagera kuri 86%.

Ubu abanyarwanda bashishikajwe no gukora kandi bakorera hanze y’akarere kugira ngo bagire icyo binjiza mu gihugu aho guhora bahahira hanze bazana mu gihugu ahubwo bashishikajwe no kwinjiza umusaruro bakorera hamwe no kwinjiza amadovizi, bikaba bibarurwa ko ababa mu mahanga binjiza mu gihugu akayabo ka miliyari y’amadolari buri mwaka.

Iki kinyamakuru kikavuga ko ibyo u Rwanda rukora Atari igitugu ahubwo ari ukwishakamo igisubizo cy’ibibazo, hagamijwe kwigirira icyizere no kwiyubaka bivuye mu bene gihugu nubwo hari abatabyakira neza.

 

 

 

 

Rwanda | Nyagatare: Ubuyobozi bw’akarere bugiye gusinyana imihigo n’abagize JAF kugira ngo barusheho kwihutisha no kunoza imikorere

$
0
0

NyagatareDist

Nyuma y’inama yahuje Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare n’ ihuriro ry’abafatanyabikorwa bako mu iterambere (JAF) kuri uyu wa 19/09/2012, Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare buratangaza ko mu byumweru bibiri biri imbere buzasinyana imihogo n’abafatanyabikorwa aho bazagaragaza ibikorwa byabo mu rwego rwo kunganira imihigo y’akarere.

Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare, Sabiti Fred, avuga ko gusinyana imihigo n’abagize ihuriro ry’abafatanyabikorwa b’akarere bizihutisha iterambere ry’ako karere kandi bikagahesha umwanya mwiza mu kwesa imihigo. Mayor Sabiti akomeza avuga ko bumvikanye ko bagenda bakayinoza noneho mu byumweru bibiri bari imbere bakazaza kuyisinyana n’ubuyobozi bw’akarere.

Nyuma yo gusinyana imihigo ngo hazajyaho itsinda zijya rigeunzura ishyirwa mu bikorwa ry’iyo mihigo buri kwezi. Umuyobozi w’Akarere ka Nyagatare akaba avuga ko iryo tsinda  rizaba rigizwe na bamwe mu bakozi b’Akarere ndetse na bamwe mubagize JAF y’akarere. Akomeza avuga ko bizafasha kwihutisha imikorere ku buryo mu kwezi kwa gatandatu ibyo biyemeje byose bizaba byarangiye. Ibi ngo bikaba byabafasha mu ruhando rwe kwesa imihigo ku rwego rw’igihugu dore ko isuzumwa ryayo ku busanzwe riba mu kwa gatandatu.

Tumukunde Chantal, uhagarariye Digital Opportunity Trust, avuga ko mu kunoza imikorere abafatanyabikorwa b’Akarere ka Nyagatare bagomba gushyira ingufu mu kwegera abaturage baha serivisi. Yagize ati “Ni ukugerageza gukorana n’akarere mu nzego zacu zose dukoreramo tugera mu baturage tukabereka ibyo dukora kuko ari byakwihutisha iterambere ry’akarere.”

Iyakeremye Aimée, Umuyobozi wa JAF y’Akarere ka Nyagatare, we asaba abaturage kugaragaza ibikorwa bakora kugira ngo na byo bigaragare mu bikorerwa mu karere. Ati “Hari ibikorwa byinshi biba bikorwa ariko ntitubimenye kugira ngo bishyirwe hamwe n’ibindi byinjinzwe mu mihigo y’akarere kandi kuri ubu imihigu ireba ibikorwa by’abantu bose.” Iyakaremye akaba avuga ko biramutse bikozwe byafasha akarere kuba aka mbere mu kwesa imihigo.

Uyu muyobozi wa JAF y’Akarere ka Nyagatare akaba avuga ko mbere yo gusinyana imihigo n’akarere barimo gutegura urutonde rw’abafatanyabikorwa bakuramo abarangije ibikorwa byabo ndtse baninjizamo abazanye ibikorwa bishya. Ku urwo rutonde bakaba banagaragaza ibikorwa bya buri mufatanyabikorwa ku buryo bizafasha mu gukurikirana uko bishyirwa mu bikorwa ndetse bikazajya binafasha akarere aho kageze mu mihigo.

 

 

Rwanda | Ngoma: Umuyobozi wese uzagaragaraho ko ahatira abaturage gutanga amafaranga mu kigega AgDF azabiryozwa

$
0
0

agarico developement fund

Umuyobozi w’ akarere ka Ngoma aravuga ko umuyobozi wese uzagaragaraho ko ashyira umuturage ku nkeke cyangwa agahatira abaturage ku ngufu gushyigikira umusanzu ikigega” Agaciro Development Fund” azabiryozwa.

Ibi umuyobozi w’akarere ka Ngoma yabivuze ubwo yari mu murenge wa Rukumberi ahakusanijwe miliyoni  14 zo gushyira mu kigega AgDF kuri uyu wa18/09/2012.

Umuyobozi w’akarere ka Ngoma yasobanuye ko umuturage agomba gusobanurirwa ibyi iki kigega maze agatanga amafarangaye kubushake nta gahato.

Yagize ati”Bigomba gukorwa mu ituze mubikunze  ndatekereza ko bidakwiye gukurikirwa n’amakuru mabi bavuga ko mwayabatse ku ngufu. Bayobozi muri hano mugomba kuvugisha umuturage ukamutwara neza  kugeza ubwo yumvishije nizo nshingano zawe.”

Uretse kubabuza  guhatira ku ngufu abaturage gutanga amafaranga mu kigega AgDF bagamije kuvugwa neza  ko batanze menshi,umuyobozi w’akarere  yihanangirije bidasubirwamo ko umuyobozi yaba uwo mu mudugudu cyangwa uwo mu murenge uzakinisha kunyereza aya mafaranga azabihanirwa bikomeye.

Yabisobanuye atya”Umuyobozi uzagaragaraho ko yahawe amafaranga ya AgDF ngo ayajyane kuri banki, akagaragaraho ko yayakemuje ibibazo bye ,nyabuneka hari ibintu birinzwe,hari ibintu bitagatifu bidakinishwa muzirinde, muzashake ibindi mukinisha bitari aya mafaranga y’ abaturage.”

Uku kwibutsa abayobozi ko umusanzu mu kigega AgDF utangwa ku bushake  nta gahato bibaye mugihe hari ahagiye hagaragara ko  abakoresha b’abakozi hari aho babihatiye abakozi ndetse bahabwa amabwiriza  ko bitanga umushahara w’ukwezi nyamara atariko bose babishakaga.

Hamwe muhagaragaye ndetse na ministiri w’imari n’igenamigambi John Rwangombwa agasaba ko byashyirwamo ubushishozi bakaba baretse gukatwa umushahara ni mubarimu.

Minisiteri y’ imari n’ igenamigambi iherutse gutangaza ko ukwezi kwa cyenda kuzarangira mu kigega AgDF kigezemo miliyari 20 y’ u Rwanda kuko ubu izimaze gukusanywa zigera kuri miliyari 18.

 

 

 

 

Rwanda : Urubyiruko rwo mu karere rutangaza ko hacyenewe guhuza ibitekerezo

$
0
0
Urubyiruko rwo mu karere rutangaza ko hacyenewe guhuza ibitekerezo

Rumwe murubyiruko rwavuye m’Uburundi, u Rwanda na Congo

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Urubyiruko rwo mubihugu by’u Rwanda, Uburundi na repubulika iharanira Demokarasi ya Congo rutangaza ko nyuma yo kumarana ibyumweru bitatu rusangira ibitekerezo n’ibikorwa rwasanze hari benshi bibeshya kubanyagihugu bitandukanye n’ukuri.

Uru rubyiruko rubihera ko mu karere kaboneka umwuka mubi hagati ya leta ya Congo n’u Rwanda hamwe n’uburundi, aho leta ya Congo yatangiye gufata uRwanda nk’umwanzi kubera intambara yatangijwe n’abavuga ururimi rw’ikinyarwanda mu burasirazuba bwa Congo, Congo ishinja u Rwanda kubafasha.

Nubwo hagiye haboneka ibikorwa byo guhohotera abanyarwanda mu gihugu cya Congo hamwe no mubihugu by’iburayi, abanyarwanda n’abanyecongo bakomeje kubana neza, uru rubyiruko rukaba rushimira abanyarwanda bamaranye iminsi ko bababaniye neza bubaka ubumwe nk’urubyiruko.

Urubyiruko rwo

Ubuyobozi bwa CEPGL n’ambasade y’ubufaransa bashima ibikorwa by’urubyiruko

 

 

 

 

 

 

 

 

Ibi bikorwa byo kubaka amahoro n’iterambere mu rubyiruko byateguwe n’ishyirahamwe Umuseke biterwa inkunga na Ambasade y’Ubufaransa binyuze mu muryango w’ubukungu wo mu karere k’ibiyaga bigari CEPGL.

Imishinga ine ikaba ishojwe hatewe ibiti ibihumbi 20 k’umugezi wa Sebeya ukomeje kwangiriza abaturage mu gikorwa cyateguwe n’Umuseke, indi mishinga yari igizwe no kuvugurura amazu y’urubyiruko mu ntara ya Kirundo mu Burundi ahavuguruwe inyubako izakorerwamo ibikorwa by’urubyiruko rw’abascout n’urundi rubyiruko ndetse na Uvira muri RDC, gutunganya ahazubakwa amashuli y’imyuga n’ikibuga cy’umupira w’amaguru mu karere ka Rubavu aho bita mbuga ngali.

Urubyiruko rw’abanyarwanda, abacongomani n’abarundi bishimira uruhare bagize mu kubaka ibihugu byabo batitaye ku macakubiri agenda agaragara mu bihugu.

umunyamabanga nshingwa bikorwa wa CEPGL Herman Tuyage akaba yaratangaje ko uyu muryango uzakomeza gufasha urubyiruko kwimakaza amahoro n’imibanire myiza nk’imbaraga z’igihugu kandi bizatanga umusaruro mu gihe arirwo ejo hazaza.

   

 

Rwandan Police peace keeper dies on Haiti mission

$
0
0
Rwandan Police peace keeper dies on Haiti mission

FPUs leave for Haiti late last year

A Rwandan Police officer who has been serving under the United Nations Mission in Haiti (MINUSTAH) died early this week.

The Police identified the deceased as Hassan Bisangwa, who was working in the Haitian western coast town of Jeremie.

Police Spokesperson Supt Theos Badege, said today that Bisangwa death was a result of an accident. He was accidentally shot by a colleague during a night patrol.

Bisangwa is survived by a wife and two children. His family, which stays in Kigali, has been informed of the bad news.

“He was shot accidentally. Police and the United Nations in collaboration with the family are in the process of repatriating the body,” Badege said.

Bisangwa was part of a contingent of 160 Police Officers under the Formed Police Unit (FPU) who were deployed in the in Jérémie Town, South of Haiti in December last year.

The FPUsprovide humanitarian assistance, conduct patrols and guard VIPs and key installations in the Earth quake torn country of Haiti. They also help in crowd control and provide security of Internally Displaced People.

 


South Sudan Police Chief in Rwanda

$
0
0
South Sudan Police Chief in Rwanda

The South Sudan Police Chief is in the country for a working visit

 The Inspector General of South Sudan Police Acuil Tito Madut is in Rwanda for a three-day working visit.

The visit aims at enhancing bilateral cooperation between the two police Institutions, in an attempt to combat border crimes and promoting bilateral cooperation mainly in capacity building.

Madut’s visit follows a Memorandum of Understanding signed by the two heads of Police institutions on May 23rd and 29th this year.

According to the South Sudan Police Chief, it is a great opportunity to partner with Rwanda National Police because of their vast experience that normally manifests in the way they professionally respond in maintaining peace not only in Rwanda but also in other countries in the world.

“The visit is important because it is meant to enhance quicken implementation of the bilateral agreement. The aspects which were not accomplished have been ironed out.” He said

“The agreement needs to be blessed by our political leadership and implementation will start immediately.”

The Inspector General of Poline Emmanuel Gasana thanked his South Sudan counterpart for honoring Rwanda National Police (RNP) invitation.

“This is more less a diplomatic security, so I look at this situation as a win-win situation because both nations have come far and are trying to build their capacity in combating crime,”

As far as we are concerned, we believe in pursuing to the end, we believe in actions and we hope we will go down into actions; that is the tactical part,” said Gasana

The agreement between the two forces has many areas of cooperation like combating border crimes, national crimes, organized crimes, exchange of information and training areas such that the best practices with Rwanda National Police are imparted to South Sudan Police.

Other areas of cooperation include training in road safety, basic investigation, advanced investigation, intelligence basic, IT and communication skills, public order management, junior supervisory course and training of trainers.

Sudan Police Force is expected to send their Police officers to be trained here in Rwanda. Trainers will be selected from Rwanda National Police to give necessary training to their South Sudan counterparts over a period of time.

Rwanda : Massive applause as Kagame addresses Rwanda Day 2012

$
0
0
m_Massive applause as

President Kagame addressing the event (Photo: PPU)

In the just concluded Rwanda Day in Boston City – State of Massachusetts in the United States of America that gathered up to 4,000 people both Rwandans and friends of Rwanda from across the world, the event attracted many ears as the President Paul Kagame spoke of the country’s economic growth and development today.

The President reminded people that working hard gives to every individual’s value for higher quality of life and advancement in many ways reminding them that their Country is not an exception of others which have taken further steps.

“…wherever we are to build and develop our country, we cannot delegate it to expect anyone else to do it for us…”

Rwanda which has recently became the world’s admiration for her reforms in economic and development endeavour is yet catching huge attention among Internationals due to the unique way of handling complex issues like corruption. The country was recently put at the top of other East African members in combating corruption when Transparency International exposed the statistics showing Uganda with 42%, Tanzania with 39.1%, Kenya with 29.5% Burundi with 18.8% and Rwanda being only with 2.5 percent of corruption.

This has more to do with Kagame and his government. It has more to do with Rwandans who have written their record for their dignity and will to collectively build their country no matter what the good cost. They are not Hutus, Tutsis and Twa anymore in the first place but Rwandans at best. When they gathered in Boston since 21 September to 22 September this year 2012, they were all one and had same purpose: building Rwanda to the first world level.

The unity and reconciliation after 18 years of unspeakable Genocide has with challenges helped reach numerous goals that no country has been with such a record, the reason why President Kagame told them in a vigorous speech that they should be determined and become who they must become.

“…..we should not allow anybody to define us without us…” he said, also stating that Rwandans have the ability, desire and the right to define themselves.

Massive applause

The First Lady, Jeannette Kagame (right), shares a moment with one of the enthusiastic attendees (Photo: PPU)

The president however noted that the country has made all said progress through many difficulties and some unavoidable challenges almost in all spheres but assured everyone that challenges will always be faced with solutions. Issues of Democratic Republic of Congo (DRC) which have always been placed to Rwanda’s shoulders were not forgotten but they are part of challenges among others which must give people the strength to work harder for both financial and economic freedom.

Some of the impressive progress in economy, Rwanda ranks 3rd in Africa but the first in East African Region and more astonishing; it is number seven (7) in the world according to the world economic forum index 2011.

Other international rankings put the people of Rwanda as among the most contented globally. It is no wonder that the same country lifted one million people out of poverty in only five years as from 2006 and 2011. It is thrilling information to be told of such progress in the country that despite of being a victim of genocide and now some International organisations painting it image as they wish, results are yet speaking for themselves. Those who heard and/or believed that Rwandans are a certain division of ethnicity were caught in surprise when they saw how loving they were in the ended event in Boston City.

Rwanda Day this year had a theme: ‘Agaciro, the journey continues’ that aimed at shading light to international Rwanda’s Diasporas to focus on the better future with the rest of Citizens back home.

The activity that has taken place for the second time was for the first time held in Chicago City – the State of Illinois USA, and France’s capital City Paris last year 2011.

m_Massive applause1

The emotion was all visible in the excited audience (Photo: PPU)

 

 

 

 

Rwanda | Kayonza: Abanyamabanga nshingwabikorwa barasaba abayobozi b’akarere kubabera abajyanama kurusha kubabera abagenzacyaha

$
0
0

Kayonza Abanyamabanga

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge igize akarere ka Kayonza, kuri uyu wa gatanu tariki 21/09/2012, basabye abayobozi b’akarere ka Kayonza kubabera abajyanama kurusha kugaragara nk’abagenzacyaha igihe basuye imirenge.

Ibi byavuzwe n’umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Gahini, Murangira Xavier, unahagarariye abandi banyamabanganshingwabikorwa b’imirenge mu karere ka Kayonza. Yabivuze nk’icyifuzo cy’abanyamabanga nshingwabikorwa nyuma gusinyana imihigo y’imirenge n’umuyobozi w’akarere ka Kayonza, John Mugabo.

Ni ku nshuro ya kabiri umuyobozi w’akarere ka Kayonza asinyana imihigo n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge. Gusa ngo kuri iyi nshuro ni bwo byakozwe neza kuko umwak ushize iyo mihigo itari yarateguwe neza ndetse ngo nta n’ingamba zo gukora igenzura ku ishyirwa mu bikorwa ry’iyo mihigo zari zarafashwe nk’uko byagenze uyu mwaka.

Buri munyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge yagaragaje ibyo yiyemeje kuzageraho afatanyije n’abaturage bikubiye mu mihigo y’umurenge y’umwaka wa 2012/2012. Imirenge yose yashyize imbaraga mu bikorwa by’ubukungu n’iterambere ry’abaturage.

Ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza n’inama njyanama y’ako karere by’umwihariko, ngo buzagerageza gufasha abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge uko bishoboka. Cyakora ngo ntibibujije ko hazabaho gukebura umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge utazagaragaza imbaraga n’umurava mu gushyira mu bikorwa imihigo yasinye, nk’uko umuyobozi w’inama njyanama y’ako karere, Butera K. Jean Baptiste yabivuze.

Abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge banasabye ubuyobozi bw’akarere ka Kayonza kujya bwohereza amafaranga agenerwa imirenge hakiri kare kugira ngo ibikorwa by’imirenge bikorwe vuba.

Abanyamabanga nshingwabikorwa bavuze ko gusinya imihigo y’umurenge imbere y’umuyobozi w’akarere bizabatera ishaka ryo gukora cyane kugira ngo hatagira umurenge n’umwe usigara inyuma.

 

 

Rwanda | GISAGARA: AMAHUGURWA KU ITEGURWA N’ISHYIRWA MU BIKORWA RY’IMIHIGO

$
0
0

rwanda-map

Kuri uyu wa kane tariki ya 20 nzeri, mu karere ka Gisagara umurenge wa Save  hatangijwe amahugurwa y’iminsi itatu ku bantu bo mu nzego zitandukanye bo muri uyu murenge, ku itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo ariko biganisha cyane ku ngengo y’imari. Ubuyobozi bw’umurenge wa Save hamwe n’Umuryango Association Modeste et Innocent (AMI) bari gutanga aya mahugurwa baravuga ko bafite icyizere ko ibizava muri aya mahugurwa bizatanga umusaruro.

Aya mahugurwa ari gutangwa n’ubuyobozi bw’umurenge wa Save ufatanyije n’umuryango utegamiye kuri leta Association Modetse et Innocent (AMI) ufite icyicaro mu karere ka Huye, ngo agamije guhugura abantu bose bagira uruhare mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa  ry’umuhigo, kugirango babashe kuyisobanukirwa no kuyigira iyabo bityo bazabashe kuyesa ku rugero biyemeje.

Umuhuzabikorwa wa Association modetse et Innocent bwana Jean Baptiste BIZIMANA yagize ati « Aya mahugurwa twayateguriye abantu bose twakwita abavuga rikijyana mu baturage kuko harimo abahagarariye inzego zose. Turi gufatanya rero gusobanukirwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’imihigo kugirango tubashe kuyisobanukirwa neza tuzanabashe kuyesa uko bikwiye”

Ubuyobozi bw’uyu murenge wa Save hamwe n’uhagarariye umuryango Association Modetse et Innocent bemeza ko aya mahugurwa azatanga umusaruro kuberako hahuguwe inzego zose zibasha ku gera ku baturage bityo zikazafasha kubigisha maze hakazahigurwa imihigo n’abaturage bagizemo uruhare.

Bwana Jean Claude KABALISA umunyamabanga shingwabikorwa w’umurenge wa Save yagize ati “Icyizere kirahari, kuko kuba inzego zose zihagarariwe kugera ku muryango, bazadufasha guhugura no kwegera abaturage bityo imihogo ikazagerwaho n’abaturage babigizemo uruhare” Naho bwana Jean Baptiste we yagize ati “Dufite icyizere, twizera abanyarwanda kuko iyo ubahaye icyo bakora ukabaha n’ubushobozi baragikora kandi neza”

Umurenge wa Save niwo uje ku isonga mu guhabwa aya mahugurwa, nyuma yo kubona umusaruro azatanga, ndetse hakanaboneka ubushobozi buhagije, azatangwa no mu yindi mirenge 12 isigaye y’akarere ka Gisagara.

 

 

 

Rwanda : Kagame proposes changes to international legal system

$
0
0

Kagame proposes changes to international legal system

President Kagame addressing the UN General Assembly Sept 21, 2011, New York (Photo: PPU)

 

President Paul Kagame has proposed to the UN General Assembly that the international legal system has to change – accusing some countries of using their local laws to ‘assume priority over others’.

Addressing the UN High Level session on Rule of Law on Monday, President Kagame said countries need to ‘work together’ for a universal justice that is ‘meaningful to all concerned’. Without naming any countries or individuals, the President accused some quarters of “politicizing issues of justice”.

“We see principles such as universal jurisdiction being used many times selectively and in one direction as a political tool in the arena of international affairs for the purposes of control and domination,” said Kagame.

“Rwanda knows best how important the rule of law is and, the implication of its absence or disregard, and unequal application,” said Kagame.

He added: “That absence destroyed our country in the post-independence decades leading up to the Genocide in 1994, followed by unjust treatment in the name of universal jurisdiction where it has been clear that motives veer more towards the political than legal”.

Using Rwanda’s now closed traditional Gacaca courts, President Kagame told fellow world leaders that a ‘purely punitive course of action is not always the best, even when grievances are legitimate and obvious’.

“There were hundreds of thousands of perpetrators and a strong case of a punitive approach, but to best serve our priorities of both justice and social harmony, we sought to balance the strict application of punitive provisions of the law with restorative alternatives,” said Kagame.

“This home grown solution through Gacaca court process, has served us better than any other system could.”

The President said this principle of balancing punitive and restorative forms of justice are applicable to the international arena.

Meanwhile addressing the same session just before President Kagame, was the President of Namibia, Hifikepunye Lucas Pohamba, who called for the reform of the UN Security Council to make it “more democratic”.

says Gacaca better than any other legal system

 

Viewing all 3792 articles
Browse latest View live