Quantcast
Channel: News Of Rwanda – Rwanda News
Viewing all 3792 articles
Browse latest View live

Ngororero: abaturage Banze ko ubukene bubabaho akarande

$
0
0
Ngororero: abaturage Banze ko ubukene bubabaho akarande

Imyubakire yari mu bigayitse nayo irimo gutera imbere

Abaturage n’abayobozi b’akarere ka ngororero ngo ntibashaka ko ubukene bwaba akarande cyangwa umurage, aho ngo bagamije gukira nk’ababatanze iterambere.

Nk’uko bigaragara mu mihigo mishya y’aka karere, 38% by’abaturage nibo bazaba bari munsi y’umurongo w’ubukene mu mpera z’uyu mwaka. Icyizere ngo ni cyose ukurikije aho akarere kavuye n’aho kageze nk’uko bigaragazwa n’intambwe kagiye gatera kuva muri 2010 kugeza 2015, aho aho abari munsi y’umurongo bari 55%:

Ngororero: abaturage Banze ko ubukene bubabaho akarande

Gukorera hamwe nk’ikipi bitanga umusaruro mwiza, naho abaturage ngo bibona mu buyobozi

Sibomana Innocent umuturage wo mu murenge wa Hindiro avuga ko mbere babagaho mu bukene bukabije kandi urugo kurundi ngo wasangaga rufite ibibazo. Avuga ko nubwo bitarakemuka, ariko ngo ikizere ari cyose kubera umuvuduko w’iterambere bariho.

Umuyobozi w’Akarere wungirije ushinzwe ubukungu Emmanuel Mazimpaka, avuga ko intwaro zo kurwana uru rugamba ngo zirahari. Muri zo hari guhuza ubutaka, kongera umusaruro, gukoresha inyongera musaruro,  guha imbaraga amatsinda ya twigire muhinzi, kongera ubuso buteye ho urutoki no kuvugurura urusanzwe.

Hari kandi kongera ubuso bw’icyayi n’ikawa ibihingwa byera cyane muri aka karere, kongera imbaraga muri gahunda ya girinka, kubaka ibikorwa remezo birimo imihanda 3, kongera umubare w’ingo zifite amashanyarazi, amazi na biogaz,  kongera imirimo itari iy’ubuhinzi (off farm jobs), kurengera ibidukikije,  kunoza ireme ry’uburezi n’ibindi.

Akarere ka Ngororero ni kamwe mu turere twagiye tugaragaramo ubukene bukabije no kudindira mu iterambere. Ibi byatumye umukuru w’igihugu yongera miliyari 1.2 ku ngengo y’imari yako ya buri mwaka mu kugafasha kwihuta mu iterambere.

Perezida w’Inama njyanama y;aka karere Emmanuel Bigenimana avuga ko ibyo ngo bituma abaturage n’abayobozi bakora cyane ngo batazatererana umukuru w’igihugu ubutayeho.


Ngororero: Igikombe cy’imihigo cyatashywe ku mugaragaro

$
0
0

Ngororero: Igikombe cy’imihigo cyatashywe ku mugaragaro

Kuri uyu wa 4 Nzeli 2015, abayobozi n’abaturage mu karere ka Ngororero batashye ku mugaragaro igikombe cy’imihigo begukanye umwaka ushize.

Aka karere kaje  kw’isonga mu Ntara y’Iburengerezuba, no ku mwanya wa 3 ubugira kabiri ku rwego rw’Igihugu ariko gahabwa ibikombe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika. Abanyengororero bifatanyije na Ministre w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne akaba n’intumwa ya guverinoma muri aka karere hamwe na guverineri caritas Mukandasira.

Ngororero: Igikombe cy’imihigo cyatashywe ku mugaragaro

Minisitiri Uwacu Julienne yibukije ko urugamba rw’amajyambere rukiri rurerure

Nk’uko byavuzwe n’umuyobozi w’akarere Ruboneza Gedeon kuba Ngororero yesa imihigo ahanini ibikesha gukorera hamwe nk’ikipi no kuba abakozi n’abafatanyabikrwa bageze ku rwego rwo kwikoresha ntawe ubari inyuma nk’uko byahoze. Uyu munsi bakaba bashatse gushimira abagize uruhare bose mu bikorwa birebana n’imihigo.

Abaturage n’abayobozi babaye indashyikirwa bashimiwe ku mugaragaro. Mu mashimo menshi yatanzwe hari iryo Ministre Uwacu yashyikirije umuyobozi w’umudugudu wa Kabagari mu kagari ka Rususa , umurenge wa Ngororero, umwe mu midugudu yabaye indashyikirwa.

Habaye  n’umuhango wo gusinya imihigo y’ingo hagati y’abaturage n’ubuyobozi bw’akarere. Muriyo harimo kwihangira imirimo, kuboneza urubyaro, kubungabunga umutekano no kwishyura ubwisungane mu kwivuza .

Uretse igikombe cy’imihigo akarere ka Ngororero kibitseho ibindi nk’ Igikombe cy’Umuganda, icy’ uburezi, icy’imyumvire myiza,  n’icy’imikoranire myiza hagati y’inzego z’umutekano n’abaturage.

minisitiri Uwacu Julienne yashimye intambwe Imparirwakurusha za Ngororero zimaze gutera ariko yongeraho ku urugamba rukiri rwose cyane cyane mu kugeza ku baturage benshi ibikorwa remezo nk’amazi n’amashanyarazi.

Ministre Uwacu yanashimye uburyo abaturage n’abayobozi bavuga rumwe ku ngamba z’iterambere kandi ibi bikagira impinduka zigaragara mu mibereho myiza y’abaturage.

South Sudan Army Chief in Rwanda

$
0
0

111

Kigali, 8 Sept 2015

The Chief of General Staff of Sudanese Peoples Liberation Army (SPLA), Gen Paul Malong Awan and his delegation is in Rwanda on a four day official visit from 7-10 September 2015.

m_2

On Tuesday 8 September 2015, the SPLA CGS paid courtesy calls on Hon Minister of Defence, Gen James Kabarebe and the Chief of Defence Staff, Gen Patrick Nyamvumba at RDF Headquarters, Kimihurura. The SPLA delegation was briefed on RDF and its role in post-conflict and national development.

m_3

The SPLA CGS said “ My visit is very selective, I have selected to visit Rwanda Defence Forces, to share with them their experience, see their facilities with confidence that what we get will serve our purpose  as we build our young nation, because we share a common background of armed struggle” said  Gen Paul Malong Awan.

m_4

The SPLA CGS and delegation visited Rwanda Military Academy Gako where they toured the Academy and had a presentation on the vision and mission of the Military Academy. RMA Gako conducts a 4 year cadet degree program, a 1 year cadet course, and the Peace Support Operations pre-deployment training program.

The SPLA which trains some of its Officers at RDF Military Institutions is seeking to enhance military partnership with Rwanda Defence Forces.

m_5

On Monday 7 September 15, the CGS and his delegation visited Kigali Genocide Memorial Center where they paid respect to the victims of 1994 Genocide against Tutsi and learnt more on how the genocide was planned and executed.

During their four day visit, they will visit other Defence Institutions and Installations including Zigama CSS, Military Medical Insurance, Rwanda Military Hospital and RDF Command and Staff College at Nyakinama.

Rwanda maintains two Infantry Battalions and Aviation Unit in United Nations peacekeeping mission in South Sudan (UNMISS).

Police deploys first FPU contingent to South Sudan

$
0
0

1

A contingent of 170 Rwanda National Police (RNP) officers under Rwanda Formed Police Unit (RWAFPU) will on September 10, depart for a one year peacekeeping mission under United Nations Mission in South Sudan (UNMISS).

The maiden contingent dubbed RWAFPU1-UNMISS includes 37 females. It is headed by Assistant Commissioner of Police (ACP) Rogers Rutikanga as its contingent commander.

It will be based in Malakal County, Upper Nile State, in the northeast of South Sudan that borders Sudan and Ethiopia.

They join 28 other RNP officers deployed as Individual Police Officers in Africa’s newest country.

 During the pre-deployment briefing at the Rwanda National Police headquarters in Kacyiru, 8 Sept 15, the Inspector General of Police (IGP) Emmanuel K. Gasana, challenged the officers to uphold professional values and focus on executing the mandate of their mission effectively.

“You are going for an international peace support mission, meaning you will be working alongside other peacekeeper. Ensure you work in accordance with the mission boundaries and area of responsibility and be good ambassador,” IGP Gasana said.

He also took note of Rwanda’s contribution toward making the world a safer place for all.

“After what we experienced in 1994, Rwanda decided that we should not abandon anyone in trouble; we chose to help and vowed to bring peace to the world. You are going to this mission representing Rwanda’s choice of making this world a safer place for all,” said the IGP.

He told the officers that besides cooperating with other forces from other countries, they should be characterised by teamwork amongst themselves.

“We are sending you on this mission because your country has trusted you; we believe in your ability to perform.”

He also pointed out that by the end of this month, Rwanda will deploy two other Formed Police Unit (FPU) contingents to Central African Republic (CAR).

This will bring the number of RNP FPU deployments to five including one currently deployed in CAR and another one in Haiti.

Malakal lies approximately 650 kilometers north of the capital, Juba. The city that formerly served as a garrison town for the Khartoum-based Sudanese Armed Forces (SAF) during the Second Sudanese Civil War, has been plunged by political violence between rival parties since South Sudan gained independence in July 2011.

The role of FPU includes humanitarian assistance, crowd control, escorting VIPs and protection of civilians.

 Currently, Rwanda is the fifth largest UN troop and Police contributing country.

Rwandan peacekeepers, however, have been praised for exporting the home-grown initiatives including the monthly community work, Umuganda, supporting vulnerable communities and e-policing.

« L’Afrique devrait cesser de prendre des leçons de l’occident »-Kagame

$
0
0

Le Président Kagame s’adressant à plus de 200 participants du colloque organisé par Meles Zenawi Fundation « MZF » à Kigali

Le Rwanda et l’Ethiopie ont suggéré de nouveaux modèles de développement pour l’Afrique. Les dirigeants de ces deux pays africains et ceux des autres pays croient que « rompre avec les modèles occidentaux prescrits peut aider l’Afrique ».

Selon le Président Paul Kagame, pour atteindre ses objectifs, « l’Afrique doit cesser de prendre des leçons des pays occidentaux. Le temps est venu pour l’Afrique de cesse d’être  un lieu  pour faire des expériences. Mais le problème est que les gens utilisent leur intelligence pour leurs propres intérêts ».

Ces leaders africains se sont convenus que l’Afrique doit cesser d’être victime d’intimidation en acceptant des politiques qui dénaturent et détruisent l’Afrique.

L’actuelle  Premier Ministre Ethiopien Hailemariam Dessalegn a renforcé cette nouvelle idée continentale. «Nous devons avoir un nouveau départ pour l’Afrique ».

Quant à l’ancien Président de la BAD, le Donald Kaberuka, « il est temps que chaque pays doit décider ce qui est mieux pour le pays ».

Toutes ces déclarations ont été faites à Kigali lors de l’inauguration d’un colloque de haut niveau organisé par Meles Zenawi Fundation « MZF », en partenariat avec la BAB.

Plus de 200 experts et autorités ont participé à ce grand colloque placé sous le thème « Etat africain de développement et de la démocratie ». Il a été inspiré par les idéaux de l’ancien  Premier ministre éthiopien, Meles Zenawi, qui croyaient que les Africains  devaient façonner leur propre destin en faisant les choses à leur manière.

« Le développement socio-économique durable donne lieu à une plus grande démocratie. Et les droits politiques peuvent  mieux  être exercés et appréciés dans un climat de prospérité croissante et la qualité de vie améliorée », a ajouté Kagame.

 

Nyabihu: Umurenge w’umujyi waherutse indi mu mihigo Rugera iba iya mbere

$
0
0

1a

Major General Moubarak na Perezida wa njyanama bashyikirije ibikombe 2 ba kabiri

Umurenge w’umujyi ariwo wa Mukamira mu karere ka Nyabihu niwo waherutse indi mu mihigo, Rugera iza ku mwanya wa mbere.

1b

Munyansengo Fred Executif w’umurenge wa Rugera ashyikirizwa igikombe na Guverineri

Iyi myanya imirenge ikaba yarayibonye hagendewe ku manota yabonye mu mwaka w’imihigo wa 2014-2015.

Asobanura ibyagendeweho mu itangwa ry’amanota ku mirenge,umuyobozi w’akarere ka Nyabihu Twahirwa Abdoulatif yagize ati“imihigo y’imirenge yari ifite amanota 50,imihigo y’akagari ifite amanota 10,iy’umudugudu 10,imihigo y’umuryango yari amanota 20,isuku yari ifite amanota 10.”

Mu mirenge 12, umurenge wa mbere wagize ariwo wa Rugera wagize amanota 84, 9% naho uwa nyuma ugira 60% ariwo wa Mukamira.

1c

Major General Moubarak na Perezida wa njyanama bashyikirije ibikombe 2 ba kabiri

Umurenge wa mbere ukaba warahawe igikombe, uhabwa icyemezo cy’ishimwe ndetse na sheke y’amafaranga ibihumbi 150.

Rugera ya mbere na Rambura na Shyira yabaye iya kabiri yombi na 84,45% niyo yahembwe.

Uretse imirenge, n’abafatanyabikorwa b’akarere bakoze neza bakaba barahembwe, bashishikarizwa gushyiramo umurava no kugira imikoranire myiza n’akarere kugirango kazarusheho gukora neza kandi bakurikije igihe cy’imihigo.

Umuyobozi w’umurenge wa Rugera Munyansengo Fred akaba avuga ko ubufatanye hagati ye n’abo bakorana nk’utugari, imidugudu ndetse n’abaturage aribyo byatumye baza kuri uwo mwanya.

Yongeraho ko baharaniye gusenyera umugozi umwe kandi baharanira iterambere n’imibereho myiza y’abaturage n’ishema ry’umurenge wa Rugera n’akarere muri rusange.

Guhuza ubutaka no gukoresha ifumbire umusaruro ukiyongera, kuvugurura ubuhinzi, isuku no kuba aba mbere muri mitiweli imyaka 2 yikurikiranya bikaba biri mubyo asanga byarabahesheje uyu mwanya.

Kuba babonye igikombe cy’umwanya wa mbere ngo bikaba byabahaye imbaraga zo kuzarushaho gukora cyane kugira ngo umurenge wa Rugera uzakomeze kuza ku isonga.

Akaba agira inama abayobozi b’imirenge bagenzi be,yo kurushaho guha umuhigo uwariwo wose agaciro kandi buri wese akumva ko bimureba.

Agira ati“ndagira inama abandi kugira ngo twegere abo dukuriye,twicishe bugufi,twegerane nabo kandi tujye inama,ibindi byose bizikora.”

1d

1e

1f

Abafatanyabikorwa bakoze neza cyane bahawe ibihembo

 

Ngororero: Ba mudugudu 13 bahawe ibihembo by’indashyikirwa

$
0
0

2a3

Abakuru b’imidugudu 13 mu mirenge 13 igize akarere ka Ngororero bahawe amagare nk’ibihembo by’indashyikirwa mu kwesa imihigo ya 2014-2015.

Kuwa 04 Nzeli 2015, mu muhango wo kwishimira umwanya wa gatatu akarere ka Ngororero kegukanye mu mihigo y’umwaka ushize, abayobozi b’imidugudu 13 (umudugudu umwe muri buri murenge) bahize abandi mu kwesa imihigo bashyikirijwe amagare nk’ibihembo byagenewe indashyikirwa.

m_2b

Umunyamanbanga nshingwabikorwa w’akarere Niramire Nkusi atanga amagare

Aba bayobozi ngo bafashije abaturage babo gukorera ku mihigo baba barahize nkuko igaragara mu ikayi y’umuryango. Bimwe mubyo bahizemo abandi ni gutanga ubwisungane mu kwivuza, gushyira abana mu mashuri, kurwanya imirire mibi no kwitabira gahunda za Leta.

Ntahondi Maurice, umukuru w’umudugudu wa gasiza mu kagali ka Gasiza mu murenge wa Muhanda umwe mu bahawe igare, avuga ko banyuzwe n’uko ubuyobozi bw’akarere bubazirikana, kuko ngo ibyo bakora atari azi ko ababakuriye babiha agaciro.

Avuga ko bazi ko umudugudu ariwo musingi wa guverinoma bakaba bazakomeza kwita kubyo basabwa kugeza ku baturage. Rukingamubiri faustin nawe wahawe igare avuga ko ubu hagiye kubaho amarushanwa mu kwesa imihigo kuko abandi batahawe ibihembo nabo bagiye kubiharanira.

Avuga ko ibanga bafite ari ukwigisha abaturage ibyo bakwiye gukora no kubasura kenshi ngo barebe ko babigezeho. Umukozi w’akarere ushinzwe imiyoborere myiza Mupenzi Esdras avuga ko ibihembo nkibyo bizakomeza guhabwa abantu abo aribo bose baba intangarugero mu kuzamura abandi.

Kimwe n’umuyobozi w’akarere ka ngororero, Mupenzi avuga ko umwanya wa 3 mu mihigo bajeho ubugira kabiri ngo bawurambiwe ku buryo ubutaha bashaka kuza imbere. Ibyo ngo bazabigeraho ari uko buri wese abigize ibye kuva mungo zikurikiranwa nab a mudugudu.

Le Rwanda, havre pour des milliers de réfugiés de la région

$
0
0

Depuis la fin du Génocide contre les Tutsis en1994, le Rwanda est devenu le pays le plus stable de la région. La paix et la sécurité qui règnent font que le Rwanda devienne une destination des milliers réfugiés venus des pays de la Région des Grands Lacs.

Le Rwanda, sous le leadership du Président Paul Kagame devient de plus en plus une destination non seulement pour les investisseurs mais aussi pour les réfugiés et même les prisonniers de la Cour Pénale Internationale. Certains réfugiés ont déjà eu de l’emploi dans divers secteurs de la vie du pays.

Suite aux troubles politiques au Burundi, le Rwanda a accordé l’asile politique à plus de 70 milles réfugiés Burundais.  Ils ont été très bien accueillis et continuent d’apprendre les bonnes pratiques rwandaises.

« On est en sécurité ici et le Rwanda en collaboration avec le HCR continuent à nous assister. Nos enfants ont été vaccinés et bientôt ils vont étudier gratuitement au Rwanda. On est des milliers ici au camp de Mahama qui ont fui les Imbonerakure et les méfaits du pouvoir de Nkurunziza. Mais il y en a encore d’autres Burundais qui habitent dans des familles rwandaises. Les Rwandais sont très hospitaliers, ils nous apprennent même à faire les travaux communautaires (Umuganda), la propreté, etc. », a déclaré Gahimbare Imelde, venue avec 5 enfants et son mari.

Le pays compte aussi plus de 90 milles réfugiés Congolais qui sont dans différents camps. Certains sont au Rwanda depuis 1996 avec l’afflux des réfugiés Rwandais en RDC qui ont exporté l’idéologie du Génocide contre les Tutsis. D’autres ont fui la RDC avec les guerres répétitives dans l’Est de la RDC.

« On a été bien accueilli au Rwanda même si les problèmes ne manquent pas. Il y a essentiellement des Congolais d’expression Kinyarwanda et d’autres tribus congolais qui ont fui le Gouvernement Congolais et les Interahamwe », a fait savoir Rurinda Jean Claude, refugié congolais.

Le Rwanda, est pays qui s’est reconstruit apres le genocide. Le pays se trouve actuellement sur les rails du développement. C’est un Etat de droit de plus en plus crédible envers la communauté internationale.

Le Rwanda a mis en place une maison de détention « Prison de Mpanga » qui a des standards internationaux. Et les personnes condamnées par la CPI sont venues y purger leur peine. Et d’autres encore veulent venir purger leur peine au Rwanda.


Rwanda Senate Probing Proposed Constitutional Amendment Team

$
0
0
Dr. Iyamuremye Augustine

Dr. Iyamuremye Augustine

Rwanda’s senate has this morning interviewed seven commissioners that were proposed by the cabinet yesterday to support lawmakers in amendment of constitutional.

“We sat an interview before the senate political committee.  If they find that we qualify for the job, the plenary will confirm us,” says Augustine Iyamuremye, the proposed chairman of the commission.

Iyamuremye is a former member of parliament and a veterinarian who has accumulated expertise in Rwandan politics and now chairman of Rwanda Elders Advisory Council.

Usta Kayitesi, PhD in law and the Principle for University of Rwanda, College of Arts and Social Sciences, is deputy chair of the commission that will have four months renewable tenure, reporting to the lower chamber.

Members of the commission include John Mirenge, a lawyer and the Chief Executive Officer of Rwandair Ltd who also was once Chairman and CEO of Crystal Ventures before heading the national utility then called ELECTROGAZ.

Evode Uwizeyimana, a lawyer and vice chairman of Rwanda Law Reform Commission, will bring to the commission expertise from his office’s routine job of law reviewing.

From Rwanda Law Reform Commission, Loyce Bamwine, Manager in charge of legal research and reform and Beata Mukeshimana, Head of Department of law research reform and revision will join the team.

Also in this commission is Aimable Havugiyaremye, the Principle of Nyanza based Institute of Legal Practice and Development.

“The cabinet made a wise decision. Our commission is made of people who have know-how in law review,” says Mukeshimana.

Proposed in a law that was initiated by the parliament, the commission will respond to over four million petitions from Rwandans demanding for constitutional amendment, especially the legality of scrapping off of presidential term limits.

In the petitions, over four million Rwandans said they want President Paul Kagame to run beyond 2017, yet his legal and last term ends then.

After voting in fourvour of the petitions, the parliament passed a law providing for the creation of a commission to study and advise on the amendment. The law the parliament initiated provided that the commission should include at least two lawyers, and 30% female commissioners.

Upon approval by the Senate, the commissioners who will be based in Kigali will take an oath in front of the President of Supreme court, and then take a leave from their current employment.

“My country invested a lot in me and gave me capacity to work on Rwandans’ aspirations. I cannot take it for granted,” Says Kayitesi.

The senate reserves the right to reject or pass any proposed name.

Dr. Usta Kaitesi 

John Mirenge

John Mirenge

Loyce Bamwine

Loyce Bamwine

Aimable Havugiyaremye

Beata Mukeshimana

Beata Mukeshimana

Evode Uwizeyimana

Evode Uwizeyimana

Plus de trois millions de réfugiés Rwandais rapatriés et réintégrés depuis 1994

$
0
0

Le Rwanda a déjà rapatrié plus de 3 millions de réfugiés Rwandais qui avaient fui le pays vers la RD Congo juste après le génocide. Et tous ces millions de Rwandais ont été bien accueillis et réintégrés dans la vie sociale.

Ces réfugiés Rwandais étaient principalement composés des ex-FAR, Interahamwe et leurs familles. Il y avait aussi d’autres qui avaient fui par crainte car le Gouvernement et l’armée avaient été vaincus par le FPR-Inkotanyi, sous le commandement de Paul Kagame, l’actuel Président du Rwanda.

« J’avais peur de retourner au Rwanda par peur de se faire tuer. C’est ce que les FDLR et autres extrémistes Hutus nous disaient. Mais heureusement que les Inkotayi, les soldats du Rwanda sont venus au Congo pour nous rapatrier en 1996. Maintenant je suis stable et je me suis même marié, j’ai trois enfants. Je suis certain que si j’étais encore au Congo, je serai déjà mort car la vie là-bas est impossible », se félicite Jérôme, un ancien soldat de Habyarimana.

Plus de 11 milles Rwandais ont déserté les groupes de milices opérant à partir de la RDC. Ils ont été rapatriés au Rwanda depuis 1997 et réintégrés. A leur arrivée, ils reçoivent des fonds de démarrage et leur vie a complètement changé. Les handicapés sont soignés et les personnes âgées sont socialement aidées.

Certains ont des petites entreprises et sont devenus des employeurs aujourd’hui. D’autres sont retournés à l’école, diplômés et travaillent dans différents domaines de la vie du pays.

Le Gouvernent du Rwanda a aussi permis à des milliers de réfugiés de 1959 qui avaient fui le régime totalitaire et divisionniste de Habyarimana et de Kayimbanda. Ces réfugiés venaient de passer 30 ans dans les camps de réfugiés des pays limitrophes du Rwanda.

« Il est difficile d’avoir des mots à dire pour remercier le Président Kagame qui nous a fait rentrer à notre cher pays après 30ans. Et même si je mourrais maintenait même, je serais content », a fait savoir Manzi Pierre, âgée de 80ans, rentré au Rwanda le mois d’Août 1994.

Ce retour  massif des refugiés de 1959 a commencé avec la prise Kigali, et la déroute du Gouvernement de Habyarimana. C’est ce dernier qui avait planifié et mis en exécution le Génocide contre es Tutsis. Ce génocide a coûté la vie à plus d’un million de Tutsis en 100 jours.

More Prophecies from Rwandan Apostle Paul Gitwaza

$
0
0

• When Apostle Paul Gitwaza Prophesizes, INDEED IT HAPPENS

Recently, Apostle Paul Gitwaza informed his Zion Temple followers that God revealed to him his youngest son will be US president. The boy reportedly cried when President Obama was sworn in, saying: “He has taken my seat!”

Recently, Apostle Paul Gitwaza informed his Zion Temple followers that God revealed to him his youngest son will be US president. The boy reportedly cried when President Obama was sworn in, saying: “He has taken my seat!”

The day is Sunday morning 8th August 2010. A controversial pastor known in Rwanda as “Apostle Paul Gitwaza” walks up to the podium inside his Zion Temple church in dusty suburb of the Rwandan capital, Kigali. In attendance are congregations from different African countries.

For the previous week, a conference ‘Africa Rise’ had been going on at the church. Congregations were eager to return to their homes, but not before the Apostle everybody had been hearing about, spoke. There was huge ululation, dance and drums when Gitwaza arrived.

For the next two hours, Gitwaza relayed Bible verse after another – a feat he is very comfortable doing. Gitwaza is very good at capturing attention of his audiences by targeting what affects them at personal level.

Gitwaza got to work. “In 2030, suffering will be no more for Africans – Africa will be like Eden,” he rambled, like the biblical “garden of God”, described most notably in the Book of Genesis chapters 2 and 3, and also in the Book of Ezekiel.

Africans in Europe and America will flock back to their homeland as it will be better, he went on. Gitwaza said the trek through the Sahara – many have taken for decades seeking better livelihoods in Europe, will be no more.

Gitwaza said by that during period, there will be a Trans-African Highway running from Cairo (Egypt) to Cape Town (South Africa). There will be another highway from Mombassa (Kenya coast) to Matadi (DR Congo coast).

All through these “prophecies”, there were loud cheers. Finally, somebody was seeing hope for what has been a hopeless continent for centuries. But when you have an audience largely uninformed, or worse still, many depending on the pastor for information, you expect no less, than outright belief in anything you tell them.

What Gitwaza’s congregation did not know is that the African block adopted as matter of principle, the UN Agenda 2030, in which African governments committed to bring sustainable development to their people. The African Union has actually set 2025 as deadline for monetary union.

The Trans-African Highway, a collaboration of the African Union, the United Nations Economic Commission for Africa and the African Development Bank, will be 10,228 kilometers in length, connecting Egypt and South Africa, along with countries in between, such as Botswana, Zimbabwe, Zambia, Tanzania, Kenya, Ethiopia, and Sudan. These are existing plans for heaven’s sake!

But for Gitwaza, all these were “revelations from God”, and YES, the congregations believed him!

Gitwasa does not disappoint. He made another intriguing revelation; that “very soon”, there will be no monthly phone subscriptions. Well, if you remember, back then in Rwanda, phone companies had been charging a fee to keep your cellphone online. And if you wanted to make calls, you had to put credit.

The charge had been seen for long among ordinary Rwandans as a rip-off. Do not be surprised to be reminded by some fellows that the telecom companies ‘received God’s messenger’ who made them to drop the monthly fees! Actually, Gitwaza said the fee will be gone all across Africa!

The congregation stayed put, with regular thunderous applause for the Apostle. Gitwaza made more revelations. Telecoms MTN and TiGO will cut rates to a point of near-free calls. REASON? In the coming months, Gitwaza said, a new telecom company was coming because God wants to safeguard his people from the exploitative monopolies. This is sheer madness!

Gitwaza probably forgot to reveal to his congregation that the Rwandan government was in advanced stages into allowing India’s Bharti Airtel to open shop in Rwanda. Indeed, in April 2012, Airtel launched. It is anyone’s guess what was running in the minds of some of Gitwaza’s followers; God’s prophecies were coming true!

The war-ridden DR Congo was not left out from Gitwaza’s sermon, well, he never misses to speak about eastern Congo, in all of his prayer sessions. All Congo’s regions will be linked by railway lines penetrating through its mountains. Uganda will have a satellite into space. For Burundi, their capitals Bujumbura will host international market far bigger than Dubai… And all these remember will be reality before 2030!!

China is going to take over Africa as west loses out, Gitwaza said.

For Israel, “God” will install a defense shield on Egyptian border to give ultimate protection to Israel against the destructive forces seeking to wipe it off the map, according to Gitwaza.

By now, as you can expect, the sermon was becoming boring. Gitwaza had to conclude. “Everything I have said will be reality because they are not my own words, but revelations from God….,” he ended as the hundreds erupted into deafening song and dance.

It is little wonder that Gitwaza confirmed that this September 2015, God will send a “4th and final sign” for the end of the world. And when the media picked up the false prophesies, Gitwaza is crying foul.

Source: Africanudo.wordpress.com

Kagame Commissions $9.5m Irrigation Dam in Nyanza

$
0
0

Kagame Commissions $9.5m Irrigation Dam in Nyanza
Africa has been left out for more than a century, and it is a sole responsibility of Africans to the continent where others have reached, President Kagame said Friday.
“Africa has been left behind in the last century. It is our responsibility to catch the rest of the world and go even further,” he said after commissioning $9.5 million irrigation dam in Southern province’s Nyanza district.
The President said that Africa and Rwandans are blessed with young people who can better contribute to the continent’s development, if governments fully empower them.
He cited Rwanda an exceptional example for having young people as the biggest number of her population.
“70 to 71% of Rwandans being below or 30years is a solution not a challenge. We must invest in giving youth opportunities to get and create jobs,” he said.
After commissioning the dam that was funded by the World Bank, Kagame told residents of Southern Province that the progress Rwandans have achieved is a result of hard work.
“The progress to date resulted from your hard work. No amount of charity can lead to progress unless it builds on your own work.”
Nyanza District mayor, Abdallah Murenzi said that the district has rapidly improved its economy, as a result of government support in establishment of development projects.
For instance, he said, the new dam inaugurated is the first of its kind in Rwanda to produce 1.9 million m3 of water to irrigate uphill land.

With Cassava, Maize and Rice grown in both farming seasons due to improved irrigation technology, the mayor said: “Our tax revenues have increased to 750 million every year and we expect them to increase soon.”

However, residents complained to President Kagame that they lack enough milk processing plants to serve a growing production of milk in the district.
Farmers told the President that they have improved milk production from 100,000 to 400,000 to date, but the issue remains of the milk processing plant.

In response, Kagame said, “High milk production should instead be a solution. As we speak now, delay in shipping equipment is the only issue. I will work with other concerned parties to provide a plant that processes even more than 400,000 litres.”

The President however reminded residents that “Our goal is to lift our country out of poverty and to achieve prosperity.
But this project could not be successful without your participation in guaranteeing security.”

He challenged Rwandans to engage in production of commodities suitable for international markets.

The 301 uphill land will be used to grow vegetables, according to Jacques Tuyishime, an agronomist at the site.

Gicumbi – Hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro  gasaga miriyoni 2

$
0
0
Aha batoboraga amasashe arimo kanyanga

Aha batoboraga amasashe arimo kanyanga

Polisi ikorera mu karere ka Gicumbi yangije ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 2 n’ibihumbi 640 inakangurira urubyuruko kubireka kuko bibangiriza ubuzima .

Tariki ya 10/9/2015 mu murenge wa Byumba polisi ikorera mu karere ka Gicumbi ifatanyije n’urubyiruko mu gikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge urubyiruko rwatangaje ko rumaze gusobanukirwa ububi bw’ibiyobyabwenge n’ingaruka bigira ku buzima bwabo.

Abaturage bafatanije na polisi kwangiza ibiyobyabwenge

Abaturage bafatanije na polisi kwangiza ibiyobyabwenge

Hakorima Isdore avuga ko aho bazajya bamenya ko binjije ibiyobyabwenge bazajya bahita batanga amakuru kugirango babikumire bityo byoye gucuruzwa rwihishwa.

Hakorima kandi asanga ibiyobobyabwenge aribyo biza kwisonga mu guhungabanya umutekano kuko uwabinyoye usanga aba yabaye nk’umusazi agateza ibikorwa by’urugomo muri bagenzi be.

Zimwe mu ngaruka z’ibiyobyabwenge bigira ku buzima bw’abantu harimo kuba byangiza ubwonko bw’umuntu bigatuma atagira icyo yimarira mu buzima bwe nk’uko Chief Inspector Munyabarenzi Heriman uhagarariye polisi mu karere ka Gicumbi yabitangaje.

C.I Munyabarenzi yasabye abaturage ko batagomba kugira impungenge zo gutanga amakuru batinya ko abinjiza ibiyobobyabwenge bya kanyanga babikura mu gihugu cya Uganda babahohotera.

Aha yibukije ko ubu umutekano w’abaturage urinzwe neza ku buryo hagize n’umuhohotera yashyikirizwa ubutabera.

Hitimana Christine n’umuhinjacyaha ku rwego rw’ibanze rwa Byumba yasobanuriye urubyiruko ko ibiyobyabwenge nubwo byangiza ubuzima bw’ababinywa bihanwa n’amategeko kuko uwo babifatanye abinywa cgangwa abicuruza ahanishwa kuva ku mwaka umwe kugeza ku myaka itatu agatanga n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuva ubihumbi 50 kugera ku bihumbi 500 cyangwa kimwe muri ibyo bihano.

Abaturage basabwe ubufatanye mu gukumira ibiyobyabwenge batunga agatoki uwabyinjije ndetse bagatangira amakuru ku gihe kugirango bicike burundu muri aka karere karangwamo umutwe wiyise abarembetsi uyinjiza uyikuye mu gihugu cya Uganda.

Rutsiro: Njyanama yanenze umwanya akarere kabonye mu mihigo.

$
0
0

Rutsiro: Njyanama yanenze umwanya akarere kabonye mu mihigo.

Inama njyanama y’akarere ka Rutsiro yateranye ku wa 09 Nzeli 2015 ikaba yanenze umwanya akarere kabonye mu mihigo umwaka ushize.

Inama nyanama yanenze uko akarere kitwaye nyuma y’uko abanyamabanga nshingwabikorwa barahiriye kuzesa imihigo umwaka wa 2015-2016, njyanama ikaba yavuze ko umwanya wa 23 akarere kabonye atari mwiza isaba ko hajya hahigwa ibishoboka.

Rutsiro: Njyanama yanenze umwanya akarere kabonye mu mihigo.

Perezida w’inama njyanama y’akarere ka Rutsiro Sayinzoga Jean yagize ati ”umwanya akarere kabonye ntushimishije kuko ibyo bahize batabigezeho.turasaba nkka njyanama ko bakisubiraho uyu mwaka kandi n’ubwo aba bayobozi b’imirenge bamaze guhiga twifuza ko bajya bahiga ibishoboka ”.

Abanyamabanga nshingwabikorwa nabo ngo babona koko umwanya akarere kabonye koko udashimishije ariko ngo uyu mwaka bagiye gukora cyane ku buryo bashyira akarere ku mwanya mwiza.

Rutsiro: Njyanama yanenze umwanya akarere kabonye mu mihigo.

Niyodusenga Jules umuyobozi w’umurenge wa Mushonyi yagize ati” nibyo ntitwabonye umwanya mwiza nk’akarere ariko nk’uko tumaze guhiga tugiye gukora cyane ku buryo uyu mwaka tuzaza mu turere nibura 3”.

Naho Tharcisse Niyonzima uyobora umurenge wa Nyabirasi nawe ntashima umwanya akarere kabonye ariko akavuga ko ahubwo bitewe n’ingamba bafashe no kuza ku mwanya wa mbere bishoboka kandi ngo bazabigeraho bafatanyijen’abaturage.

Umuyobozi w’akarere Gaspard Byukusenge avuga ko hafashwe ingamba ku buryo abayobozi b’inzego z’ibanze bazakurikiranwa ngo harebwe niba bubahiriza imihigo baba bahize.

Umuyobozi w’akarere Gaspard Byukusenge avuga ko hafashwe ingamba ku buryo abayobozi b’inzego z’ibanze bazakurikiranwa ngo harebwe niba bubahiriza imihigo baba bahize.

Zimwe mu mbogamizi zagaragajwe n’Abanyamabanga  nshingwabikorwa b’imirenge ni nko kuba abafatanyabikorwa babatenguha ndetse n’amafaranga ava ku karere atinda,gusa nabo ubwabo bavuze ko hari imihigo iba isaba ubukangurambaga bamwe muri bo ntibabaukore.

Traffic Month: Six Schools tutored on traffic rules

$
0
0

Traffic Month: Six Schools tutored on traffic rules

In a continued effort to reach out to the entire country, Rwanda National Police (RNP) on September 11took the 2015 road safety awareness activities to six secondary schools in Gakenke, Gasabo, Kicukiro and Nyarugenge districts.

During the campaign, Police equipped the students with knowledge about traffic rules and regulations.

The students who benefited from the campaign are from Lycée Catholique Saint Alain de Mataba in Gakenke, Gicaca Primary school in Gasabo District while in Kicukiro and Gasabo Districts the students from Saint Patrick and ESA Nyarugunga benefited from police lessons.

Part of the message delivered to students was about educating them on how to use roads, which side to walk on, and how to cross roads.

At Lycée Catholique Saint Alain de Mataba, the Traffic Month event was presided over by the Community Liaison Officer, Inspector of Police (IP) Mark Rugero who encouraged students to always use zebra crossing, and walk on the pavements.

With regards to pedestrians crossing roads, IP Rugero told students that; “When crossing a road, you must look left and right at all times. Where there are traffic lights, you must abide by the instructions; this is how you will ensure your individual safety.”

The Headmaster of Lycée Catholique Saint Alain de Mataba, Théogene Twagiramungu, describe how students have been using the roads around the school saying that the lectures from Police will highly enable teachers to ensure students abide by traffic rules.

“Normally children play in roads while leaving or coming to  school, we will ensure we keep them off this habit. I am optimistic they also grasped the message from police well,” he said.

He expressed gratitude to the police over the road safety awareness activities saying that by the end of the month, no doubt all Rwandans would have acquired basic knowledge on road safety.

Meanwhile, similar events about the traffic month are being conducted countrywide, in the Eastern Province, they also focused on enlightening students on road safety tips and painting zebra crossing in an event that was presided over by District Mayors, Army representatives and Police officers.


Gicumbi: Police destroys drugs worth Rwf2.6m

$
0
0

Police destroys drugs worth Rwf2

Police in Gicumbi district on 10th September destroyed drugs worth over Rwf2.6million, saying drugs destroy life especially among the youth.

During the activity that gathered youth and Police in Byumba sector, youth revealed to this website that they understand the impact of drugs on their lives.

One of them, Isdore Hakorima revealed that youth will ensure reporting every drug dealer or user they come across as a way to eradicate drugs in Gicumbi.

Hakorima pointed out that drugs top the list of crimes that destruct security.

Chronic use of some drugs abuse can cause long-lasting changes in the brain, which may lead to paranoia, depression, aggression, and hallucinations, according to Heriman Munyabarenzi, Chief Inspector of Police in Gicumbi district.

C.I.P Munyabarenzi urged residents to give information without fear, assuring them that security is maintained and whoever tampers with security faces the law.

This is because some residents fear that those who import dry gin from Uganda might hurt them if reported.

Christine Hitimana, prosecutor at Byumba judiciary court explained that apart from destroying one’s life, doing drugs is punishable by the law and whoever is caught is jailed for 1-2 years and fined between Rwf50, 000 and 500,000.

Residents were asked to play a role in fighting drugs by giving information on the people they know or suspect to be importing drugs from Uganda.

 

Leadership Summit Inspires Hope for Strong Future

$
0
0

Leadership Summit Inspires Hope for Strong Future

Global leadership experts at Kigali leadership summit (KLS) have said that the example of good leadership in Rwanda is an example of how Africans can drive away from foreign influence in order to build a future for the continent.

The conference discussions which kicked off this September 12, has attracted over 400 participants with various business and leadership backgrounds from Rwanda, Kenya, Uganda, South Africa, Canada and USA.

Charlie Masala (South Africa), senior vice president of the ITWLA said that this is the time for Africa to rise and for Africans to break the chains of previous negative attitudes that have been inserted in African minds by their colonial powers.

“We are people who have been messed up in the minds, by what we are told and taught. Everywhere we go, all we see is the negative. That we cannot take anymore.” Masala said.

Masala said that Rwanda is an example of countries that have broken the chain of colonial power to set their own vision and goals of leadership.

“We (Africans) should thank God that African countries, like Rwanda among many have started seeing good leadership arising on the continent. Africa is the new power house that has been put down for long, but this time it is our chance to impact on the world” Masala said

Pastor Julian Kyula, a Kenyan entrepreneur who is also the Best African Entrepreneur 2015 said that there is need for people to strive to be the best in whatever they do.

“Don’t accept to be in second place, do what you do like you’re the best in each of your careers. That is what it takes to be a leader” Kyula said.

Kyula says that African’s development will be spurred by the change in perspective. He says that most Africans have failed because they think that government, donors owe them a living.

To attain one’s vision of leadership, one must know that no one else will do it for you. Own your cross and you hold the key to success” he said.

In terms of business mind development, Kyula says that the success to good entrepreneurship must be based on good partnership around self-which is helpful to the growth of one’s dream.

Hubert Sugira Hubert Hategikimana, a Rwandan-Canadian and Archie McEachern (USA) believe that religion is the worst oppression that has happened on the planet and this is one of the aspects that have blocked people from attaining their full potential of leaders

“In religion you just leave in a box, don’t know who you are and don’t ask question which can help you to find the answers” McEachern said.

Stacey Flowers, a global ambassador of Happiness and inspirational speaker on influence says that “there are three things that Africans need to develop to become good leaders- that is craft a vision, set expectation and sacrifice to achieve the goals by worrying about the what and why” She said.

The Kigali leadership summit (KLS), is the first of its kind in Africa and is organised by International Third World Leaders Association (ITWLA), an organisation founded by Late Dr Myles Munroe

Gicumbi – Urubyiruko rurakangurirwa kureka ibiyobyabwenge

$
0
0
Gicumbi – Urubyiruko rurakangurirwa kureka ibiyobyabwenge

Aha batoboraga amasashe arimo kanyanga

Mu karere ka Gicumbi hangijwe ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 2 n’ibihumbi 640 inakangurira urubyuruko kubireka kuko bibangiriza ubuzima .

Tariki ya 10/9/2015 mu murenge wa Byumba polisi ikorera mu karere ka Gicumbi ifatanyije n’urubyiruko mu gikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge urubyiruko rwatangaje ko rumaze gusobanukirwa ububi bw’ibiyobyabwenge n’ingaruka bigira ku buzima bwabo.

Hakorima Isdore avuga ko aho bazajya bamenya ko binjije ibiyobyabwenge bazajya bahita batanga amakuru kugirango babikumire bityo byoye gucuruzwa rwihishwa.

Gicumbi – Urubyiruko rurakangurirwa kureka ibiyobyabwenge

Abaturage bafatanije na polisi kwangiza ibiyobyabwenge

Hakorima kandi asanga ibiyobobyabwenge aribyo biza kwisonga mu guhungabanya umutekano kuko uwabinyoye usanga aba yabaye nk’umusazi agateza ibikorwa by’urugomo muri bagenzi be.

Zimwe mu ngaruka z’ibiyobyabwenge bigira ku buzima bw’abantu harimo kuba byangiza ubwonko bw’umuntu bigatuma atagira icyo yimarira mu buzima bwe nk’uko Chief Inspector Munyabarenzi Heriman uhagarariye polisi mu karere ka Gicumbi yabitangaje.

C.I Munyabarenzi yasabye abaturage ko batagomba kugira impungenge zo gutanga amakuru batinya ko abinjiza ibiyobobyabwenge bya kanyanga babikura mu gihugu cya Uganda babahohotera.

Aha yibukije ko ubu umutekano w’abaturage urinzwe neza ku buryo hagize n’umuhohotera yashyikirizwa ubutabera.

Hitimana Christine n’umuhinjacyaha ku rwego rw’ibanze rwa Byumba yasobanuriye urubyiruko ko ibiyobyabwenge nubwo byangiza ubuzima bw’ababinywa bihanwa n’amategeko kuko uwo babifatanye abinywa cgangwa abicuruza ahanishwa kuva ku mwaka umwe kugeza ku myaka itatu agatanga n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuva ubihumbi 50 kugera ku bihumbi 500 cyangwa kimwe muri ibyo bihano.

Abaturage basabwe ubufatanye mu gukumira ibiyobyabwenge batunga agatoki uwabyinjije ndetse bagatangira amakuru ku gihe kugirango bicike burundu muri aka karere karangwamo umutwe wiyise abarembetsi uyinjiza uyikuye mu gihugu cya Uganda.

Rwanda has the most professional Police force in Africa – German Ambassador

$
0
0

Rwanda has the most professional Police force in Africa - German Ambassador

The Germany Ambassador to Rwanda, Peter Fahrenhotz, has commended Rwanda National Police (RNP) for its high-level professionalism and commitment to upgrade skills of its officers, which has enabled the force to sustain the peace and security of Rwanda.

This was disclosed by the German ambassador to Rwanda Peter Fahrenhotz at the opening of a six-day training of 16 Rwanda National Police (RNP) officers in ‘fundamentals of intercultural competence and communication for policing’ in Kigali.

“I appreciate very much the good work of RNP and its officers. I have witnessed high dedication and commitment of Rwanda National Police. I also see a high degree of integrity and honesty among the police officers which is very important,” Fahrenhotz said.

“I have been in many African countries and I believe RNP is the best in Africa. If you look at the development of Rwanda as an ambitious country with its vision 2020 that leads the country to becoming a middle income economy…there is no doubt Rwanda will achieve its goals.”

“There is no developed country that doesn’t have a good police force. There is a clear connection between having development, good governance, good politics and having a good police force; you cannot separate them.  Rwanda understands well the need for these principles and the country is moving ahead; I want to wish Rwanda success in its endeavors,” he noted.

He related the intercultural competence training to Rwanda’s peacekeeping contribution.

“Rwanda being a strong supporter and contributor of officers and troops in peacekeeping missions, officers deal with locals in those missions whose way of thinking is completely different,” he said.

The lead trainer Katja Birnfeld-Raskin from German Federal Criminal Police office said that the intercultural competence is the ability to communicate effectively and appropriately with people of other cultures

“This course is very important for the officers to have so that when they carry out their work, they do it without discrimination especially when an officer is dealing with people of different culture,” she said.

The Deputy Inspector General of Police (DIGP) in charge of Administration and Personnel, Juvenal Marizamunda pointed out that RNP recognizes contemporary policing challenges in a world that is facing transnational threats such as terrorism, cyber crimes and human trafficking and drug dealing among others.

“It is evident that it’s only through cooperation that we can be able to handle such emerging crimes. Such cooperation involves forces from different countries, different backgrounds and culture since the world has become a global village, policing is taking place in an international and challenging environment,” said the DIGP.

He went on to add that, capacity building is one of RNP’s key priorities and that the training of this kind has come at an opportune time.

RNP contributing to the National Employment Policy (NEP) is aligned with ensuring human security by educating nationals and also providing for their welfare and this in turn reduces criminality.

In Rwanda, Money Winds Now Blowing To The Rural

$
0
0
Youth at a carpentry and joinery workshop in Rubavu district. Rural Rwanda is currently attracting more private investments compared to the urban areas.

Youth at a carpentry and joinery workshop in Rubavu district. Rural Rwanda is currently attracting more private investments compared to the urban areas.

The rural Rwanda is increasingly attracting private investments and defying the popular norm that opportunities were only in the capital city Kigali.

According to an Integrated Households Living Condition Survey (EICV4 2013/2014) report released Monday, entrepreneurship is flowing more into rural areas than urban areas.

Within the last three years, the survey report shows the percentage of private establishments increased by 38.1% in rural areas compared to 7.3% in urban areas.

Since 2013, Rwanda has been creating 146,000 jobs annually but, 47.9%  of these are created in rural areas compared to  22.4% in urban areas.

President Paul Kagame launched the survey report. He said that, “It is an indication that Rwandans can forge their future for themselves and their families no matter where they choose to live and work.”

Rwanda’s Minister of Finance and Economic Planning, Claver Gatete attributes the attractiveness of rural areas to the increase in off farm jobs; “Our rural areas are creating more non-farm jobs including food processing and small trade.”

Abdallah Nzabandora, coordinator of National Employment Program at the Workforce Development Authority told KT Press that more youths are graduating at various technical and vocational institutions and directly taking skills to rural areas.

In skills development initiatives, the 30 districts in the country are building workshops (Udukiriro) with the aim of creating 2000 jobs annually.

So far 10 districts have set up such workshops. Others are under construction in the remaining districts.

The government targets to train more youths in skills development for production of quality equipment to decrease importation of furniture and help the country meet the 200,000 jobs target every year by 2017.

President Kagame said acquisition of technical skills helps in reducing unemployment still high in urban areas, with 8.3% against an overall 2%.

The survey notes that unemployment is higher among university graduates with 13% while among secondary school graduates 9%.

Kagame commended the increase in mobile phone penetration at 58.6% in rural areas, and 87.9% in urban areas.

“Ten years back, no poor family had a phone; today a third of them now do. The improvement is meaningful due to the commitment of public servants, taxpayers and development partners,” he said.

Rwanda managed to lift out of poverty one million people between 2005 and 2010. The survey showed that the country has maintained this pace with 650,000 people lifted out of poverty between 2011-2013.

Overall poverty rate in Rwanda declined to 39.1% in 2014, down from 44.9% in 2011. Extreme poverty is decreasing at good pace, according to Gatete. It declined to 16.3% in 2014, from 24.1% in 2011.

The decrease in poverty rate is translated in a constant increase of GDP per capita, which quadrupled from $ 211 in 2000 to $ 718 in 2014.

President Paul Kagame at the launching of Integrated Households Living Condition Survey (EICV4 2013/2014) report. He says families in Rwanda today can forge a future no matter where they choose to live

President Paul Kagame at the launching of Integrated Households Living Condition Survey (EICV4 2013/2014) report. He says families in Rwanda today can forge a future no matter where they choose to live

Viewing all 3792 articles
Browse latest View live